Inkongi ni irindi zina bita umuriro ariko yo ikaba umuriro myinshi ushobora gutwika ibintu byose ukabikongora. Uwo muriro uterwa na byinshi bitewe n’aho uteye uturuka ariko nko mu mijyi ukunze guterwa...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yaraye ashimiye abasirikare bashya barwanira ku butaka barangije amasomo mu kigo cya gisirikare cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo. Umuyobozi w...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare, NISR, ivuga ko amafaranga u Rwanda rutanga rutumiza ibintu hanze akomeje kwiyongera ugereranyije n’ibyo rwohereza yo. Ni igihombo kuko...
Umuyobozi w’Itorero ADEPR Ngarama mu Karere ka Gatsibo yafashwe ari gusengana n’Abakirisitu kandi yari yarafungiwe kubera ko urusengero rutujuje ibisabwa. Urusengero rwe rwafunzwe ku cyemezo giherutse...
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nyamata,mu Karere ka Bugesera, butangaza ko hari kuvurirwa abarwayi babiri b’indwara y’ubushita bw’inkende muri 13 bakekwaho iyi ndwara. Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Nyamata...
Gen Patrick Nyamvumba yagejeje impapuro zimwerera guhagararira igihugu cye muri Tanzania azigeza kuri Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’iki gihugu Hon. Amb. Mahmoud Thabit Kombo. Taliki 27, Gashyant...
Uko amasaha yatambukaga nibwo hamenyekanye ko umugabo wari urinze inzu ya shebuja yayihiriyemo arapfa. Byabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere mu Kagari ka Kabuguru I, mu Murenge wa Rwezamenyo, Akar...
Amakuru ya vuba ku nkongi yazindukiye mu cyanya cy’inganda cya Kigali avuga ko uruganda rwahiye ari urw’Abashinwa rukorera imyenda muri kiriya cyanya. Umuvugizi wa Polisi ACP Boniface Rutikanga yabwiy...
Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima yabwiye abaje mu mu muhango wo guha impamyabumenyi abarangije muri Kaminuza yigisha ubuvuzi n’ubuzima bidaheza ko u Rwanda rukomeje intego yo kongera irem...
Amakuru Taarifa ifite aravuga ko mu cyanya cy’inganda kitwa Kigali Special Economic Zone hadutse inkongi mu masaha ya saa kumi n’imwe za mu gitondo kuri uyu wa Mbere taliki 05, Kanama, 2024. Umwe mu b...









