Mu rwego rwo gufasha abaturage kubona imbangukiragutabara zihagije, Guverinoma y’u Rwanda yaraye igejeje ku bitaro bitandukanye imbangukiragutara 114. Intego ni uko imbangukiragutabara imwe yajya iha ...
Lt Gen Huang Xucong ushinzwe ingabo z’Ubushinwa zirwanira ku butaka ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Yaganiriye na Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda n’Umugaba mukuru w’ingabo, Ge...
Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatulika mu Rwanda bwatangaje igishushanyo kerekana uko Katedalari yitiriwe Mutagatifu Michel izaba yubatswe. Izubakwa ahahoze Gereza ya Nyarugenge yamenyekanye ku izina rya 19...
Ikigo gishinzwe Mine, Petelori na Gazi mu Rwanda cyatangaje ko kohereza hanze ibuye ry’agaciro rya beryllium bihagaritswe kuzageza igihe kizamenyeshwa abantu. Itangazo ry’iki kigo rivuga ko ihagarikwa...
Amakipe abiri akomeye mu mukino wa Basketball mu Rwanda yaraye yigejeje ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihugu. Ayo ni APR BBC yatsinze Patriots amanota 90-71 na REG BBC yatsinze Espoir ku manota 9...
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Jacqueline Kayitare avuga ko aka Karere kari hafi guha isoko uzaba waritsindiye ngo yagure imihanda yo mu Kagari ka Gahogo. Ni Frw 3,791,885,012 zizakoreshwa hagurwa imi...
I Luanda habereye inama y’ubuhuza bwa Angola yitabiriwe n’abahagarariye inzego zishinzwe iperereza hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Baganiriye ku byo babona byakorwa kugi...
Mu bitaro bya Butare buri mu Karere ka Huye abaganga babaze ubwonko bw’umurwayi bamukura ikibyimba mu bwonko adatewe ikinya gifata umubiri wose. Uwo muntu yabazwe areba kuko igice cyabazwe kitasabaga ...
Ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byatangajwe kuri uyu wa Gatatu 07, Kanama, 2024, ariko biza gutangira gushyirwa mu bikorwa saa moya za nimugoroba (07h00) bivuga ko litiro imwe ya lisan...
Myugariro Rutanga Eric wamaze igihe ari mu bakomeye muri Rayon Sports ubu yerekeje muri Gorilla FC. Kuri uyu wa Kabiri nibwo Gorilla FC yahaye ikaze Rutanga Eric, ibimenyesha bose binyuze ku ifoto ba...









