Abana bahagarariye bagenzi babo baherutse kubwira abayobozi muri REMA bari babatumiye ngo baganire, ko ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere zituma batajya kwiga. Uw’i Burera yavuze ko iyo ikiraro gic...
Batamuriza Faith uyobora Urwego rw’ubwizigame muri Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko ubwizigame bw’Abanyarwanda bugeze kuri 48%, umubare ukiri muto. Avuga ko nubwo ari uko bihagaze, muri rusange iki...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, Anti-Narcotic Unit, ANU, ryafatiye muri Rusororo abagabo babiri bahetse kuri moto ibilo 31 by’urumogi bivugwa ko bari bavanye i Kirehe babishyiriye...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu ruzinduko yari amazemo iminsi ibiri mu Burasirazuba ntiyasuye imirima n’ibiraro by’amatungo gusa ahubwo yasuye n’abaturage, bamubwira akamaro ibyo byose b...
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Police(CIP) Hassan Kamanzi atangaza ko hari abagabo umunani uru rwego rwafashe rubakurikiranyeho gutega abaturage igico bakabambura utwabo. ...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 9 Kanama, Polisi ikorera mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera k’ubufatanye n’abaturage yafatiye mu cyuho abagabo babiri bari bibye ihene ebyiri z’umuturan...
Mu rwego rwo kubarinda igihombo no kubongerera amafaranga binjiza, abahinga imyumbati muri imwe mu Mirenge ya Kamonyi babwiwe ko burya n’ibishishwa byayo ari ibiryo by’amatungo. Hafi ya bose-kimwe n’a...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda n’ubw’iza Qatar bwayoboye igikorwa cyo kwemerera abasirikare ba RDF 163 kurangiza imyitozo ihambaye bari bamazemo igihe mu ishuri rya Nasho muri Kirehe. Abo basirikare b...
Mu rwego rwo kwiha izina kugira ngo babatinye, abacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe biyise amazina akura umutima nka Imparata, Abanyogosi n’Abahebyi . RIB ariko irababurira. Abo b...
Mu mayeri menshi umugabo wo mu Mudugudu wa Cyangugu, Akagari ka Cyangugu mu Murenge wa Kamembe muri Rusizi ejo yavumbuwe na Polisi yiziritseho urumogi mu mugongo arenzaho imyenda. Hari saa cyenda n’i...









