Umwe mu bahanga mu byo kwihaza mu biribwa witwa Amath Pathé Sene uyobora Ikigo Africa Food Systems Forum avuga ko iyo abaturage bashonje baba bafite ibyago byo gusubiramo. Yabivugiye mu nama yahuje i...
Coaster yavaga i Karongi igana i Rusizi yageze mu Mudugudu wa Kibirizi mu Kagari ka Jarama mu Murenge wa Gihombo muri Nyamasheke ikora impanuka ikomeye yakomerekeyemo abantu 27 umwe arahagwa. Polisi ...
Dr.Uzziel Ndagijimana wahoze ari Minisitiri w’imari n’igenamigambi yaraye atangiye ku mugaragaro inshingano zo kuyobora Banki ya Kigali nyuma yo guhererekanya ububasha na Béatha Habyarimana. Kuri uyu ...
Umuyobozi w’ibitaro bya Gakoma byo mu Karere ka Gisagara yatawe muri yombi akekwaho kwica umwana w’imyaka umunani yareraga. Ganza Lyanne yari umwana w’imyaka umunani wigaga mu mwaka wa Gatatu w’amashu...
Perezida Paul Kagame yavuze ko bidakwiye ko abayobozi bahora mu nama z’urudaca kandi zikerereza abantu ntihavemo imyanzuro irambye. Yabwiye Abaminisitiri bashya barahiriye inshingano ko mbere yo gukor...
Insengero 55 zo mu Ntara ya Amajyaruguru zigiye gusenywa kubera kutuzuza ibisabwa. Muri Rulindo niho hazasenywa nyinshi muri zo kuko habamaze kubarurwa izigera kuri 39. Muri Musanze hakazasenywa inseg...
Monica Geingos wahoze ari umufasha wa Perezida wa Namibia yahawe inshingano zo kuyobora Kaminuza ya Kepler ifite icyicaro mu Mujyi wa Kigali. Ubuyobozi bw’iyi Kaminuza nibwo bwabitangaje kuri uyu wa M...
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Karere ka Muhanga bahaye inka wa mubyeyi witwa Kamugisha Marie Goreth wibarutse yagiye kwamamaza Paul Kagame, ubwo yiyamamarizaga mu Karere ka Muhanga avuye muka Ngo...
Mu Mudugudu wa Kanyinya, Akagari ka Rwasare, Umurenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga haravugwa umugabo w’imyaka 44 y’amavuko ukekwaho gusambanya umukobwa we ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga....
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko bitazageza kuri uyu wa Mbere taliki 19, Kanama, 2024 toni z’umuceri zari zaraheze ku mbuga mu mirenge y’akarere ayobora zitabonye abaguzi. Hashize igihe gi...









