Mu iteka rya Minisitiri w’imari n’igenamigambi riherutse gusohoka handitsemo ko ibimina bigomba kuba byanditswe ku buyobozi bw’Umurenge biherereyemo. Ni gahunda igomba kuba yarangije gushyirwa mu biko...
Bamwe mu barwariye mu bitaro bya Remera-Rukoma ni abarembejwe n’ibiribwa cyangwa ibinyobwa bafatiye mu rugo rw’abageni bari baje gusurwa n’ababyeyi babo. Imibare itangwa n’inzego zitandukanye ivuga ko...
Mu kiganiro Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana aherutse guha ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA, yavuze ko imibare bafite yerekana ko abakora uburaya n’abaguzi babo ari bo bugarijwe no kwa...
Icyamamare mu isiganwa mu modoka zihuta cyane zisiganwa mu kitwa Formula 1 witwa Lewis Hamilton yavuze ko yumva yatura mu Rwanda kandi akavuga ko ashyigikiye ko ruzakira irushanwa rya Formula 1 rumaz...
Biciye kuri Ruboneka Bosco na Mugisha Gilbert bita Barafinda APR FC yatsinze AZAM FC ibitego bibiri ku busa bituma ihita iva mu majonjora. Yayisezereye mu ijonjora ry’ibanze mu mikino ihuza amakipe ya...
Isheja Butera Sandrine wari usanzwe ari Umunyamakuru akaba yagizwe Umuyobozi wungirije wa RBA yashimiye Perezida Kagame wamuhaye izo nshingano. Kuri X yanditse kuri uyu wa Gatandatu taliki 24, Kanama,...
Uwari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM Sandrine Isheja Butera yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA. Yungirije Barore Cleophas. Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Ab...
Aya ni amakuru atangwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo-Rwanda). Ubuyobozi bwacyo buvuga ko bunejejwe no gutangariza abaturarwanda bose ko muri rusange imvura iteganyijw...
Magnifique Umutoniwase yegukanye umudali wa zahabu mu gusiganwa ku maguru muri metero 100 mu irushanwa riri kubera muri Uganda. Iryo rushanwa ryo gusiganwa ku maguru ni iry’Ibigo by’amashuri yisumbuye...
Mu Biro bye, Perezida Kagame yakiriye abana b’Abanyarwanda baherutse gutahana imidali myinshi irimo n’uwa zahabu bakuye mu marushanwa yo kumenya imibare bahatanagamo n’abandi baturutse mu bihugu 27 by...









