Ku bw’amahirwe abana batatu bo mu Mudugudu wa Nyamirama, Akagari ka Shanga mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye barokotse inkuba yabakubitiye mu nzu irashya ariko bo bararokoka. Nyiri iyi nzu...
Alexander Polyakov uhagarariye Uburusiya mu Rwanda avuga ko rukwiye gushimirwa ko rutanga umuti ku bibazo bitandukanye birimo n’icyo guhuriza hamwe Abanyafurika. Avuga ko u Rwanda rufite politiki nziz...
Dr. Anaclet Kibiriga uyobora Akarere ka Rusizi yabwiye abaturage bo mu Murenge wa Gihundwe ko badakwiye kubona RIB ngo bakuke umutima, bumve ko ishinzwe gufunga abantu gusa. Bikubiye mu butumwa yageje...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abagore bafite ubumuga bakina Sitting Volley yatangiye imikino Paralempike 2024 itsindwa na Brazil amaseti 3-0. Ni umukino waraye ubaye kuri uyu wa Kane, ukaba uwa mbere ...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yirukanye mu ngabo z’u Rwanda Major General Martin Nzaramba na Col Etienne Uwimana n’abandi ba ofisiye bakuru muri izi ngabo. Ibi bi...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yaraye ahuye n’abasirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda baganira ku miterere y’umutekano mu Rwanda n’amahoro mu baturage. Iby’ibi biga...
Mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana Croix Rouge Y’u Rwanda yashimiye abana bamaze iminsi itatu itoza ubutabazi bw’ibanze. Abanyeshuri bize gufasha uwavunitse bakamurinda kubyimbir...
Itangazo Taarifa ikesha MTN Rwanda riremeza ko nyuma y’uko hari abantu bavuze ko bishyuzwa amafaranga ya Telefoni za Macye Macye kandi ntazo bafashe, yasuzumwe isanga koko ari byo. Abo bantu ngo basub...
Taarifa yamenye ko umuhanda wa Kigali- Rulindo wari wafunzwe kubera ikamyo yahakoreye impanuka wongeye kuba nyabagendwa. Ubwo impanuka yabaga byatumwe uba ufunzwe by’agateganyo kugira ngo Polisi iba...
Mu Murenge wa Busoro mu Kagari ka Kimirama mu Karere ka Nyanza haravugwa umugore wakuyemo inda yari ifite amezi umunani ajugunya uwo mwana mu mwobo. Uwo mugore afite imyaka 34 y’amavuko, bikavugwa ko ...









