Umukino wa mbere mu ya kamaramampaka (Playoffs) muri shampiyona ya Basketball mu Rwanda waraye uhuje Patriots BBC na APR BBC warangiye iya mbere itsinze iya kabiri ku manota 83 kuri 71. Ni umukino wa ...
Abo ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Runege witwa Munyaneza Calypophore, Gitifu w’Akagari ka Rugano witwa Nteziryayo Fréderick ndetse na mugenzi we w’Akagari ka Gatovu witwa Twizerimana ...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma aho Minisitiri w’Uburezi Gaspard Twagirayezu yasimbuwe na Joseph Nsengimana. Twagirayezu we yag...
Ubwo Paul Kagame yiyamamarizaga mu Karere ka Karongi hafi y’aho ibiro byako byubatse yavuze ko azabaza abashinzwe kubaka umuhanda Karongi-Ngororero-Muhanga icyatumye udindira. Amashusho ari kuri X yaf...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi, RAB, kivuga ko mu Karere hari amatungo 18 zamaze kugaragaraho indwara y’ubuganga. Iyo inka itavujwe vuba na bwangu iraremba bikayiviramo u...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda bwakiriye kandi buganira n’abasirikare bakuru mu ngabo za Bangladesh bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Itsinda ryabo riyobowe na Brig Gen Sazedul Islam. Umuvugizi w’...
Ubwo yatangizaga ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka Umudugudu w’ikoranabuhanga Kigali Innovation City, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko niwuzura ukwiye kuzabera abashoramari mpuzamaha...
Mu Karere ka Gasabo hagiye kubakwa umudugudu uzahangirwamo iby’ikoranabuhanga witswe Kigali Innovation City. Ni umushinga mugari kandi wihariye muri Afurika uzatuma u Rwanda ruhinduka igicumbi cy’aba...
Ukurikije uko Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abitangarije Imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, ubona ko mu myaka 26 iri imbere ni ukuvuga mu mwaka wa 2050, Umunyarwanda...
Perezida Paul Kagame yabwiye abacamanza ko bidakwiye ko ruswa ikomeza kugaragara muri uru rwego rw’ubutabera kandi abacamanza n’abandi barukoramo bagakora uko bashoboye imanza zagejejwe mu nkiko zigak...









