Abanyapolitiki bo mu Burayi baraganira uko bazitwara mu gihe Amerika n’Uburusiya baba bemeranyije kuri ejo hazaza ha Ukraine babihejwemo, igihugu Uburayi bufata nk’ahantu h’ingenzi mu mutekano wabwo c...
Ikigo cy’Abanyamerika kitwa Symbion Power kirashaka gushora Miliyoni $700 mu kubaka uruganda rutunganya amashanyarazi avanywe muri gazi iri mu kiyaga cya Kivu ku ruhande rwa DRC. Ayo mashanyaraz...
Perezida Museveni yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abajenerali barindwi barimo Lt Gen Peter Elwelu wabaye umugaba mukuru w’ingabo wungirije akaba n’umwe mu basikare bari indahemuka cyane kuri we. Aba...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko ibyo Donald Trump avuga by’uko kugira ngo amahoro agaruke ari ngombwa ko Ukraine iharira Uburusiya ubutaka bumwe bitazashoboka. Trump avuga ko mu...
Inama y’Abaminisitiri yaraye iyobowe na Perezida Félix Tshisekedi yanzuye ko Adolphe Muzito aba Minisitiri w’Imari muri Guverinoma iyobowe na Judith Suminwa Tuluka wari usanzwe ari Minisitiri w’Intebe...
Ibyari bimaze iminsi bivugwa ko bizakorwa na Netanyahu bigiye kuba impamo nyuma y’uko Inama yaguye y’Umutekano y’igihugu cye yaraye ayoboye yemeje ko ingabo za Israel zigiye gufata Gaza yose. Kugeza u...
Imirambo ine niyo imaze kuboneka y’abantu batwawe n’amazi y’imvura nyinshi yaguye Tariki 05, Kanama, 2025 mu Mujyi wa Beni mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, abandi biganjemo abana bakaba b...
Nta gihindutse, Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin arateganya kuzahura na mugenzi we wa Amerika Donald Trump mu Cyumweru gitaha, bakazaganira ku ngingo zirimo no guhagarika intambara ya Ukraine imaze ...
Uwo ni Marie-Chantal Nijimbere. Kuva Uburundi bwabaho nibwo bwa mbere umugore abaye Minisitiri wo kwivuna abansi nk’uko babivuga mu Kirundi. Hamwe na bandi bashya bashyizwe muri Guverinoma, Nijimbere ...
Fiston Wilondja wari umunyamakuru w’imyaka 30 irengaho gato yiciwe i Bukavu, agace kagenzurwa na AFC/M23. Ikinyamakuru cyo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kitwa Le Potentiel cyatangaje ko mu gi...









