Kuri uyu wa Kabiri Tariki 19, Kanama, 2025 i Doha harahurira intumwa za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iz’Umutwe AFC/M23 baganire ku mahame bemeranyijeho azagena uko intambara yahagarikwa mu bury...
Perezida wa Amerika Donald Trump avuga ko ari ngombwa ko Putin yicarana na Zelenskyy bakaganira ku cyakorwa ngo intambara yatangijwe muri Gashyantare, 2022 ihagarare. Ni umuhigo yihaye agomba kugeraho...
Abayobozi b’ibihugu bikomeye mu Burayi bageze i Washington k’ubutumire bwa Perezida Trump ngo ababwire mu magambo arambuye ibyo yemeranyijeho na Vladmir Putin mu nama bagiranye mu mpera w&...
Mu minsi mike iri imbere, ingabo 100,000 za Israel ziratangiza ibitero muri Gaza k’ubutaka no mu kirere mu rwego gufata aka agace kose nk’uko ikinyamakuru Walla kibyemeza. Abagihaye amakuru bavuga ko ...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatangaje ko itishimiye icyemezo Guverinoma ya Kenya iherutse gufata cyo kugena uyihagarariye i Goma, agace kagenzurwa na M23, inyeshyamba zimaze imyaka irenga ibiri ...
Mu ijoro ryakeye, Donald Trump yabwiye itangazamakuru ko ikiganiro yagiranye na Vladmir Putin cyabaye kiza n’ubwo nta mwanzuro wo guhagarika intambara muri Ukraine wagezweho. Trump yavuze ko icyemeran...
Abantu barindwi nibo babaruwe ko baguye mu mirwano hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abarwanyi ba CODECO, umutwe umaze igihe uri mu yindi myinshi ica ibintu mu Ntara ya Ituri. Mu ...
Constant Mutamba wigeze kuba Minisitiri w’ubutabera yasabiwe n’Ubushinjacyaha gukatirwa igihano cyo gukora imirimo nsimburagifungo mu gihe cy’imyaka 10. Bwasabye kandi ko narangiza i...
Itangazamakuru mpuzamahanga ritangaza ko hari ibitero bya Israel byinshi byagabwe muri Gaza, bigakekwa ko biri muri gahunda yo gusenya uyu Mujyi kugira ngo habeho gusenya ‘burundu’ ibirind...
Nyuma y’urupfu rw’abanyamakuru batanu ba Al Jazeera bishwe n’igisasu cy’indege za Israel, ubu haravugwa umwuka mubi hagati y’iki gihugu na Qatar. Qatar niyo nyiri Al Jaze...









