Amanota ava mu byamaze kuva mu matora y’Umukuru w’igihugu muri Amerika, aremeza ko Donald Trump ari we uri imbere. Yamaze no gutangaza ko Amerika yamwizeye ikamuha izindi nshingano zo kuyi...
I Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo habereye inama yahuje intumwa z’u Rwanda, iza DRC n’abahagarariye Angola, ikaba yemerejwemo ko hajyaho itsinda rito ry’ingabo zizagenzura niba agahenge bi...
Visi Perezida wa Guinée Equatoriale Teodoro Obiang Nguema Mangue yanditse ku rubuga X ko bagiye guhagarika abayobozi bose bagaragaye bakorera imibonano mpuzabitsina mu Biro bya Minisitiri. Hari amas...
Mu masaha ya kare kare Abanyamerika baramutse bitabira gutora Umukuru w’igihugu cyabo, akaba agomba gutorwa hagati ya Kamala Harris na Donald Trump. Nubwo abaturage b’iki gihugu bagera kuri miliyoni 2...
Kuri iki Cyumweru abarwanyi ba M23 bafashe agace ka Kamandi-Gite kari mu Burengerazuba bw’ikiyaga cya Edouard kuri muri Sheferiy a Butangi muri Teritwari ya Lubero. Kare kare kuri iki Cyumweru nibwo a...
Ubutegetsi bwa Mozambique bwatangaje ko Venâncio Mondlane uherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’igihugu yamaze guhungira muri Afurika y’Epfo. Yahunze nyuma y’uko abo mu ishyaka rye bigaragambije baka...
Muri Uganda umusifuzi witwa Peer Kabugo yapfiriye mu kazi ari gusifura umukino wahuje SC Villa n’ikipe y’ingabo za Uganda yitwa UPDF. Hari mu mukino w’umunsi wa karindwi muri Shampiyona ya Ugan wabaye...
Nyuma y’ibiganiro biherutse guhuza Perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we uyobora Uganda Yoweri Museveni, abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byombi nabo baganiriye. Gen Muhoozi Kainerugaba ugaba inga...
Imibare itangazwa n’ubutegetsi mu bwami bwa Espagne yemeza ko abantu 158 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’imyuzure yaje ikurikiye inkubi imaze iminsi micye igeze muri iki gihugu. Intara ya Val...
Imibare itangwa na Guverinoma ya Espagne ivuga ko imyuzure imaze iminsi muri iki gihugu yahitanye abantu 95 kandi ko uyu mubare ushobora kwiyongera. Ishobora kwiyongera kuko hari abantu bantu baburiwe...









