Ubyumvise wakumva ko ari kera ariko mu mwaka wa 2026 ni vuba cyane. Muri uwo mwaka rero abahanga bavuga ko ibikoresho bya plastic ku isi hose bizaba byarikubye gatatu, ikintu giteye inkeke. Bamwe muri...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu ingabo za Israel n’abarwanyi ba Hezbollah bahagaritse imirwano yo mu ntambara igiye kumara amezi atatu. Saa kumi za mu gitondo ni ukuvuga saa munani ku isaha m...
Perezida wa Amerika watowe Donald Trump yatangaje ko natorwa azashyiraho imisoro iri hejuru ku Bushinwa, kuri Mexique no kuri Canada. Yemeza ko ibyo biri mu bya mbere azakora akigera mu Biro. Trump av...
Ubuyobozi mu nzego z’umutekano mu Misiri butangaza ko hari ubwato bwarohamye abantu 17 mu bari baburimo baburirwa irengero. Bwarohamye ubwo barimo bwambuka Inyanja Itukura, abantu 28 bo bararohorwa. ...
Umugore wa Kizza Besigye witwa Winny Byanyima asaba amahanga gukomeza gushyira igitutu ku butegetsi bwa Perezida Yoweri Museveni kugira ngo arekure umugabo we uherutse kuvanwa muri Kenya akaba ari kub...
Abahanga n’abandi bafata ibyemezo muri Politiki bavuga ko ingengo y’imari ya Miliyari $300 yo guhangana n’ingaruka z’ibidukikije iherutse kwemererwa muri COP 29 ari nke kandi i...
Ubuyobozi bwa Uganda bwatangaje ko Kenya yari izi ko Kizza Besigye ari gushakishwa kandi ubuyobozi bw’iki gihugu bwatanze ubufasha ngo afatwe. Kizza ni umunyapolitiki uri mu bakomeye muri Uganda. Nyum...
Abo ni Joseph Kabila, Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Matata Ponyo Mapon. Aba bagabo ubusanzwe batari babanye neza, bahisemo kwihuza ngo babangamire gahunda ya Perezida Tshisekedi yo guhindura Itegeko...
Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin yavuze ko abaherutse guha Ukraine missiles zo kurasa mu Burusiya, bakoze ikosa rikomeye kuko bizayikoraho. Mu minsi mike Ukraine yarashe missiles mu Burusiya yari ih...
I Harare muri Zimbabwe haraye hanzuriwe ko igihe ingabo za SADC zigize umutwe woherejwe muri DRC witwa SAMIDRC kwirukana inyeshyamba cyongerwaho umwaka. Zoherejwe yo ngo zifashe iz’iki gihugu kw...









