Muri Syria ubuzima bwatangiye gusubira mu buryo nyuma y’uko inyeshyamba zifashe iki gihugu. Biri kuba gahoro gahoro nk’uko bagenzi bacu ba BBC bari yo babyemeza. Bavuga ko abaturage b̵...
Ingabo za Israel zirwanira mu kirere zatangiye kurasa mu bice bya Syria birimo no mu murwa mukuru Damascus. Ikigo cy’abanya Syria gikurikiranira hafi iby’uburenganzira bwa muntu kitwa Syrian Observa...
Amakuru yaraye avugwa yari ay’uko Perezida wa Syria Bashar Assad yahungiye muri Burusiya ariko bitaremezwa. Ubu byarangiye kwemezwa n’ibinyamakuru byo mu Burusiya ko ari ho yahungiye. Ub...
John Dramani Mahama wigeze kuyobora Ghana niwe wongeye gutorerwa uwo mwanya ukomeye kurusha indi muri Ghana. Uwo bari bahanganye witwa Mahamudu Bawumia , akaba yari asanzwe ari Visi Perezida we, yemey...
Abanyapolitiki babiri bakomeye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo Martin Fayulu na Moise Katumbi banzuye gukorera hamwe bagamije guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi. Byatangajwe na P...
Ubutasi bwa gisirikare butangaza ko umurwa mukuru wa Syria witwa Damascus wafashwe n’abarwanyi bari bamaze iminsi bawototera. Bivugwa ko Perezida wa Syriana Bashar Assad yafashe indege ahungira ahantu...
Ingabo za Israel zikorera mu bice byegereye Syria zatangiye kwitegura kuzarwana n’abashobora kuva yo bakayitera cyane cyane ko ingabo z’iki gihugu zamaze guhunga umupaka uri mu bitwa bya Golan( ...
Inzego z’iperereza zo muri Amerika zarakajwe n’ibyo zise ‘kubangama’ nyuma y’uko ubwato butatu bivugwa ko bwari bupakiye intwaro zari zoherejwe muri Israel bwangiwe guca mu mazi ya Espagne ngo bukuki...
Minisitiri w’ubuzima Samuel Roger Kamba Mulamba avuga ko ubuyobozi buri gucungira hafi ubwiyongere bw’indwara ‘itazwi’ imaze iminsi iri ahitwa Panzi, imaze kwica abarenga 100 mu gihe gito. Nk’ubu hari...
Imibare ivuguruye itangwa n’inzego z’ubuzima muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ivuga ko indwara indwara itaramenyekana iri kwica abantu umusubizo. Ubu imaze kwica abantu 130 muri Poro...









