Muri Leta ya California, USA, amarira ni menshi atewe no gupfusha abantu 11, kubona imitungo ishya igakongoka, abantu bagasigara iheruheru bitewe n’inkongi zikomeye ziherutse kwibasira Umujyi mukuru w...
Umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu Bushinwa witwa Guo Jiakun avuga ko indwara ifata mu myanya y’ubuhumekero ivugwa mu gihugu cye bamwe bavuga ko ikomeye, mu by’ukuri idakanganye nk’uko h...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba, avuga ko igihugu cye kizakomeza gukurikiza ibikubiye mu biganiro umuhuza mu kibazo cya M23 asaba. Kayikwamba ...
Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa batangaje ko hari igitero cyaraye kigabwe ku Biro by’Umukuru wa Tchad bigwamo abantu 19. Biravugwa ko byari igikorwa cyo guhirika ubutegetsi cyakozwe ariko ...
Leta ya California iri guhangana n’inkongi ikomeye imaze iminsi mike ihadutse, ubu ikaba iri kototera ahantu hakinirwa filimi hakomeye ku isi hitwa Hollywood Hills. Muri iyi Leta hari ahantu hatandatu...
Imirwano y’inkundura hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo na M23 irakomeje ahitwa Ngungu muri Gurupema ya Ufamandu yafi y’i Sake, ingabo z’iki gihugu zikarwana zishaka uko zakwirukana...
Ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwanzuye ko Abashinwa 17 bafite aho bahuriye n’ubucukuzi bwa zahabu budakurikije amategeko buherutse gutahurwa, bataha iwabo. Mu minsi ishize, Abashinwa...
Nyuma y’uko Ubushinwa buzindukiye mu gahinda bwatewe n’uko umutingito ufite ubukana bwa 7.1 uhitanye abakabakaba 100, ubuyoyozi bwa Nepal nabwo bwavuze ko abaturage b’iki gihugu bibasiwe nawo, uhitana...
Umufaransa wari umunyapolitiki ukomeye mu batavuga rumwe na Leta akaba Se wa Marine Le Pen yapfuye afite imyaka 96. Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, byatangaje ko uyu mukambwe yari amaze iminsi a...
Umutingito ufite ubukana bwo ku gipimo cya Richter cya 7.1 wibasiye abatuye Intara ya Tibet wica abantu 95 abandi barenga 120 barakomereka. Amakuru arebana nawo yatangajwe mu gitondo cyo kuri uyu wa ...









