Minisitiri w’Intebe wa Qatar Mohammed ben Abdelrahmane al-Thani avuga ko Benyamini Netanyahu agomba gukurikiranwa mu butabera kuko yategetse ko ingabo ze zirasa i Doha mu Murwa mukuru w’ig...
Umwe mu bantu ba hafi wari ukuri muto witwa Charlie Kirk yishwe arashwe ubwo yari yaje kwifatanya n’abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Utah. Byababaje cyane Donald Trump avuga ko Amerika ihombye cy...
Ingabo za Israel zarekuriye mu baturage impapuro zisaba abagituye muri Gaza kuhava bagakiza amagara yabo inzira zikigendwa. Zirateganya igitero simusiga kizakukumba ibice byose bya Gaza bisigaye kugir...
Polisi ya Israel ivuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mberet ariki 08, Nzeri, 2025 i Yeruzalemu hagabwe igitero cy’iterabwoba kishe abantu batandatu, batatu muri bo bakaba abagisha mu idini rya Kiyahud...
François Bayrou wari uri hafi kumara umwaka ayobora Guverinoma y’Ubufaransa ashobora kuza kweguzwa n’Inteko ishinga amategeko y’igihugu cye iri buterane kuri uyu wa Mbere Tariki 08, Nzeri, 2025....
Kuri iki Cyumweru nibwo abo mu Ishyaka CCM bahagarariye abandi bahuye bemeza ko Samia Suluhu Hassan ari we uzabahagarira mu matora y’Umukuru w’igihugu azaba mu Ukwakira, 2025. Ku mbuga nko...
Imwe mu nyubako za Guverinoma ya Ukraine yaguyeho igisasu bivugwa ko cyarashwe n’Uburusiya. Kuva intambara hagati y’ibihugu byombi muri Gashyantare, 2022 yatangira, nibwo bwa mbere igisasu...
Nyuma y’uko Amerika yoherereje ubwato bugwaho indege z’intambara mu mazi aturanye na Venezuela nayo igatangira kugurutsa indege zayo z’intambara hafi aho, hari impungenge ko hashobor...
Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo guhera kuri uyu wa Kane rivuga ko indwara ikomeye yitwa Ebola yongeye kugaragara mu Ntara ya Kasaï. Ebola ni indwara mbi kuko uwo yafashe aken...
Minisitiri Louis Watum Kabamba ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yakiriye mu Biro bye Ambasaderi wa Amerika Lucy Tamlyn. Ingingo batinzeho mu...









