Kuri iki Cyumweru hari abasore bane bafashwe n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo biyemerera ko batorejwe igisirikare muri Uganda bigizwemo uruhare na Thomas Lubanga Dyilo uyobora ishyaka UPC...
Perezida Felix Tshisekedi yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu gihugu cye ko ari ngombwa ko u Rwanda rufatitwa ibihano kuko rufasha M23. Yasabye abo badipolonate ko ibihugu byabo bigomba gufatira ib...
Abagaba b’ingabo za Israel babwiye izimaze iminsi mu ntambara muri Gaza gutangira kwitegura kuhava mu rwego rwo gukurikiza amasezerano y’amahoro hagati ya Israel na Hamas. Ayo masezerano aratangira gu...
Sierra Leone yahamagaje uyihagarariye muri Guinée ngo asobanure uko Cocaine cyageze muri imwe mu modoka za Ambasade yayo. Abashinzwe umutekano basanze mu modoka ya Ambasade amasanduku arindwi arimo c...
Umuvugizi w’ingabo z’u Burundi Le Général de Brigade Gaspard Baratuza yabwiye itangazamakuru ko abavuga ko hari ingabo z’iki gihugu zafashwe na M23 babeshya, ko icyabo ari uguharabikana. Baratuza yabi...
Qatar igiye kongera gukora amateka yo guhuza abanzi gica ari bo Israel na Hamas nyuma yo kubafasha gushyiraho no gusinya amasezerano y’amahoro azatangira gushyirwa mu bikorwa ku Cyumweru tariki 19, Mu...
Abakora ububanyi n’amahanga ba Qatar, Amerika, Israel na Palestine bakomeje ibiganiro byo kureba uko abantu Hamas yafashe bunyago yabarekura, hanyuma ingabo za Israel nazo zigataha, intambara muri Gaz...
Ubuyobozi bw’Intara ya Haut- Katanga bwatangaje ko hashyizweho igihembo cya $ 5000 ku muntu cyangwa abantu bazatanga amakuru yatuma abishe batemaguye umunyamakuru Patrick Adonis Numbi Banza bame...
Agahinda no gushoberwa bikomeje kwiyongera mu baturage b’i Los Angeles muri California kubera urupfu rw’abantu 24 bamaze guhitanwa n’inkongi zadutse mu byumweru bike bishize. Igiciro cy’ib...
Urukiko rwa gisirikare rwa Mwene-Ditu ahitwa Lomami rwakatiye urwo gupfa umupolisi witwa Mutombo Kanyemesha bahimba Méchant-Méchant nyuma yo kumuhamya kwica Abashinwa babiri no kurasa uwa gatatu akam...









