Perezida Donald Trump yatangaje ko hari umugambi i Washington bafite wo gufata Gaza bakayihindura ahantu habo, bakahateza imbere, Abanyapalestine bagashakirwa ahandi batuzwa mu Misiri no muri Jordan. ...
Angie Matsie Motshekga usanzwe ari Minisitiri w’ingabo za Afurika y’Epfo ari ku gitutu cyo kwegura nyuma y’uko Abadepite bamushinje uburangare bwatumye igihugu cye gipfusha abasirikare 14 baherutse kw...
U Rwanda rwavumbuye umugambi Afurika y’Epfo yari ifitanye na FDLR wo kurutera, ukaba wari bugirwemo uruhare kandi na DRC. Inyandiko zirimo amakuru y’ubutasi ziherutse gufatirwa i Goma nizo basanze zan...
Nyuma yo kuraswa n’abarwanyi ba M23 zigapfusha abantu 13, ubu ingabo za Afurika y’Epfo zigera ku 2,000 zabuze uko zitaha iwabo kuko nta ndege yemerewe kugwa i Goma ngo izitware. Amakuru avuga ko hari ...
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yasabye abatuye iki gihugu bose guhaguruka bakarwanya M23 n’u Rwanda kandi bagafasha Leta kwigarurira ibice yanyazwe. Umuvugizi w’iyo Guverinoma witwa P...
Muri Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru hagaragaye ingabo nyinshi za Uganda bivugwa ko zahazanywe no gufatanya n’iza DRC guhashya abarwanyi ba ADF. Umuvugizi w’ingabo za DRC zikorera muri Ki...
Uretse ahantu hake ku isi, ahandi hose abageni bambara ikanzu ndende yera de! Ni umwambaro wambarwa haba mu bihugu bikoresha Igifaransa cyangwa ibikoresha Icyongereza ndetse no mu Bushinwa niyo bamba...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yavuze ko ikibazo cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo gikomeye ariko yirinda kugira byinshi akivugaho. Yasubizaga umunyamakuru...
Guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 31, Mutarama, 2025 inzego za Leta ya Congo zatangaje ko umutungo bwite wose wa Corneille Nangaa washyizwe mu mutungo w’igihugu aho waba uri hose. Uyu mugabo asanzwe ar...
Corneille Nangaa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru ko intego bafite ari iyo gukomeza urugamba kugeza bafashe na Kinshasa. Nangaa yabibwiye abanyamakuru barimo n’...







