Guy Kabombo Mwadiamvita uyobora Minisiteri y’ingabo yagiye mu Mujyi wa Beni( niwo Leta isigaye yita Umurwa mukuru wa Kivu ya Ruguru) ngo aganire n’abasirikare bahakorera, abahe morale yo kuzahan...
Cyril Ramaphosa yavuze ko kugira ngo ingabo ze ziri muri DRC zizatahe bizaterwa n’uburyo ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano aherutse gusinyirwa i Dar es Salaam rizagenda. Yabivuze akomoza ko nama iher...
Abatuye Umujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bavuga ko ingabo za DRC zifatanya n’abo muri Wazalendo kubakorera amarorerwa. Bavuga ko bibwa, abagore bagafatwa ku ngufu hakaba nabicwa kandi bik...
Nyuma y’uko abasirikare ba Israel batangiye kuva muri Gaza-bikaba byatangiriye ahitwa Netzarim- nk’uko biteganywa n’amasezerano y’amahoro aherutse kwemerezwa muri Qatar, abarwanyi ba Hamas babyishimiy...
Ihuriro rya Politiki ryitwa Alliance Fleuve Congo rivuga ko uko ibintu byazagenda kose mu gihe kiri imbere, ari ngombwa ko ibiganiro bya Politiki-rigizemo uruhare rutaziguye- bizaba umuti urambye w...
Sam Nujoma wabaye Perezida wa mbere wa Namibia yatabarutse afite imyaka 95 y’amavuko. Nujoma yagize uruhare rutaziguye mu kugeza igihugu cye ku bwigenge. Namibia yagenze mu mwaka wa 1990 yigobot...
Kuri X ya Perezidansi ya DRC handitse ko Perezida Tshisekedi yifuza ko bagenzi be ba EAC na SADC bitabiriye Inama yabahurije muri Tanzania bategeka abarwanyi ba M23 kuva mu Mujyi wa Goma. Ni kimwe mu ...
Ingabo za Malawi zakoreraga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC zasabwe gutangira kwitegura gutaha. Bikubiye mu butumwa Perezida wa Malawi Lazarus Chakwera yahaye Umugaba mukuru...
Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio yatangaje ko atazitabira Inama y’abaminisitiri bashinzwe ububanyi n’amahanga bo mu bihugu bikize(G20) izabera muri Afurika y’E...
Abashinzwe iperereza muri Uganda baraye basaka ingo z’abakozi ba Banki nkuru ya Uganda ngo barebe ko hari uwo basangana amwe mu mafaranga menshi iyi Banki yibwe. Polisi yatangarije The Monitor ko iper...








