Mu Cyumweru gitaha abayobozi bo mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi barateganya guhurira mu Bufaransa bakigira hamwe uko bakunga ubumwe imbere y’Uburusiya bubanye neza n...
Amatora yakozwe n’Abakuru b’ibihugu n’abandi bari bari mu Nteko rusange ya Afurika yemeje ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Djibouti Mahmoud Ali Youssouf ari we usim...
Umutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) wasabye ingabo z’Uburundi zaje gufasha iza DRC gutaha iwabo bigishoboka. Ni nyuma y’uko abo barwanyi bafashe Bukavu, ingabo za DRC zifatanyije n’iz̵...
Muri Kamena, 2022 nibwo M23 yafashe umujyi wa Bunagana uturanye na Uganda, kugeza n’ubu iracyawufite. Mu minsi ishize yafashe na Goma none ubu yafashe na Bukavu. Haribazwa niba iri bube iretse gufata ...
Mu kiganiro yaraye ahaye abitabiriye inama iri kubera i Munich mu Budage yiga ku mutekano ku rwego mpuzamahanga, Felix Tshisekedi yavuze ko uwo yasimbuye Joseph Kabila ari mu baha amabwiriza M23. Tshi...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 15,Gashyantare, 2025 nibwo hari butorwe Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe, mu biyayamamaje hakabamo Raila Odinga watanzwe na EAC. Utorwa arasi...
Donald Trump yatangaje ko yaraye agiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Uburusiya cyagarutse ku ngingo y’uko igihe kigeze ngo bashyireho amatsinda yo kuganira uko intambara yiswe iya Ukraine yahagar...
Umwami Abdallah II uyobora Jordan yaraye aganiriye na Donald Trump ku mushinga Amerika ifite wo gutuza mu gihugu cye abahoze batuye muri Gaza. Yagaragaje ubwenge mu bisubizo yahaye abanyamakuru. Mu ki...
Lawrence Kanyuka uvugira AFC/M23 avuga ko bamaze kumva amajwi menshi y’abaturage b’i Bukavu babatabaza ngo baze babakure mu kangaratete bashyizwemo n’ingabo za DRC zibasahura zikanabica. Mu mpera z’Ic...
Hari impungenge ko intambara ishobora kongera kurota hagari ya Israel na Hamas niba uyu mutwe utarekuye Abanya Israel batatu wari kuzarekura kuri uyu wa Gatandatu tariki 15, Gashyantare, 2025. Abayobo...
