Friedrich Merz niwe watorewe kuyobora Ubudage mu matora yabonyemo amajwi 28.6%, akaba ayoboye Ishyaka rya Gikirisutu ryitwa CDU/CSU. Yatangaje ko igihe kigeze ngo Ubudage bukorane n’abandi Banya...
Joseph Kabila avuga ko Félix Antoine Tshisekedi uyobora DRC yirengagiza ibibazo bikomeye biri mu gihugu ngo abikemure, akemeza ko nibikomeza gutyo, bizatuma igihugu gisenyuka. Kabila abivuze nyuma y’...
Félix-Antoine Tshisekedi uyobora DRC akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo za DRC yasabye inzego zose bireba gukora uko zishoboye abasirikare bakongererwa umushahaka kandi abemerewe agahimbazamusyi baka...
Nyuma yo gusuzuma neza, igisirikare cya Israel cyasanze umwe mu mirambo Hamas yahaye iki gihugu y’abantu yari yaratwaye bunyago atari uw’umuturage wayo. Uwo murambo batuburiye Israel ni uw...
Amasanduku ane arimo imirambo y’abaturage ba Israel bari barashimuswe na Hamas yageze muri Israel, yakiranwa agahinda n’umujinya ku babuze ababo. Abo baturage baguye mu bunyago ni Shiri, Ariel, Kfir B...
Itsinda riyobowe na Lambert Mende ryavuye i Kinshasa ryerekeza muri Kenya kuganira na William Ruto uyobora iki gihugu na EAC. Baraganira ku cyakorwa ngo M23 icururuke, intambara iri mu Burasirzuba bwa...
Mu Mujyi wa Uvira ibintu biri gufata indi sura nyuma y’uko abasirikare ba DRC batangiye kuhava berekeza mu Mujyi wa Kalemie. Abenshi mu basirikare b’iki gihugu bari kugana ahari ubwato ngo bambuke bag...
Mu mihanda yo mu Midugudu yo mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo abantu ni uruvunganzoka kandi nta yindi ntero itari kwivuna umwanzi bo bavuga ko uwo ari Umunyarwanda cyangwa uvuga Ik...
Donald Trump yanenze imiyoborere ya Perezida wa Ukraine, avuga ko adashoboye kuganira ngo amahoro agaruke aho yabuze, haba mu gihugu cye cyangwa ahandi. Volodymyr Zelenskyy unengwa asanzwe ari Perezid...
Abadipolomate ba Amerika n’Uburusiya batangaje ko hari akazi kenshi kandi gakomeye kagomba kubanza gukorwa mbere y’uko Putin ahura na Trump. Babitangaje nyuma y’amasaha ane n’igice baganira ku ngingo ...








