Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwatangaje ko abasirikare 200 b’iki gihugu bahamwe n’ibyaha birimo guhunga umwanzi bityo ko bakatiwe urwo gupfa. Uwo mwanzi uvugwa ...
Umwe mu bayobozi bakuru muri Perezidansi ya Amerika yavuze ko iki gihugu kigiye guhagarika inkunga ya gisirikare cyahaga Ukraine. Yabwiye CBS ko Amerika ishaka kuba ihagaritse iriya nkunga kugira ngo ...
Gukerereza itangira ry’icyiciro cya kabiri cyo gushyira mu bikorwa amasezerano yo guhererekanya imfungwa n’abafashwe bunyago hagati ya Israel na Hamas rishobora gutuma impande zombi zisubi...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Judith Suminwa yaraye atangije ubukangurambaga mu Ilingala bise Congolais Telema (Bakongomani Muhaguruke) bukangurira abaturage bose kurwanya u...
Hasigaye amasaha make abanyeshuri b’i Goma n’i Bukavu bagakora ibizami by’ibyiciro by’amashuri barangije nk’uko byemejwe na Visi Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru Willy Manzi. Yabwiye Kivu Today duke...
Hari ijwi ryumvikana mu Giswayili ry’umuntu uvuga ko ari umuyobozi mu Ihuriro rya Wazalendo wigamba igitero cyaraye kigabwe mu mbaga yari iteraniye i Bukavu ikagwamo abantu 11. Yumvikana avuga ko ibyo...
Abaturage bari bitabiriye inama yari yateguwe n’ubuyobozi bwa AFC/M23 babwiye itangazamakuru ko yaturikiyemo ibisasu bihitana ‘benshi’. Biravugwa ko ibyo bisasu ari iby’abasiri...
Imihanda ya Yeruzalemu yiriwe mo abaturage ba Israel baje gushyingura imirambo itatu y’abaturage b’iki gihugu bapfiriye mu bunyago bari barajyanywemo na Hamas. Ni imirambo itatu irimo ibiri y’abana ba...
Ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi birateganya gufata amafaranga y’umutungo wahoze ari uw’Uburusiya bwagwatiriye urenze miliyari €200 bikawuha Ukraine. Ababiyobora bavuga ko bizayifasha kw...
Inama yabaye tariki 08, Gashyantare, 2025 igahuriza hamwe Abakuru b’ibihugu bya SADC na EAC niyo ntandaro yo kwemeza ko Uhuru Kenyatta wahoze uyobora Kenya, Olusegun Obasanjo wayoboye Nigeria na Haile...









