Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio yatangaje ko Amerika idakeneye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo. Ngo ntakenewe mu gihugu cyabo gikomeye. Kuri X, Rubio yanditse ko...
Abarwanyi ba M23 batangaje ko bafashe ikirwa kinini muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, giherereye mu kiyaga cya Kivu kirwa Ijwi. Gisanzwe gituwe n’Abanye-Congo barimo abavuga kandi bakumva nez...
Guverinoma ya Angola yatangaje ko tariki 18, Werurwe, 2025 ari bwo, ku mugaragaro, hazatangira ibiganiro hagati y’intumwa za Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iza M23. Bizabera mu Murw...
Mu buryo bwitondewe, mu minsi ishize habaye ibiganiro hagati ya Perezida wa Angola akanayobora Afurika yunze ubumwe na mugenzi we Tshisekedi barebera hamwe amahirwe ahari ngo uyu azaganire n’inyeshyam...
Taarifa Rwanda ifite ibaruwa yanditswe n’Abanyamulenge bahagarariye abandi batabaza amahanga ngo ahaguruke abarinde gukomeza kwicwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa. Abayanditse bavuga ko bahagarariye abandi...
Umuyobozi mushya wa Syria Ahmed al-Sharaa yavuze ko agiye gukurikirana abantu bose bagize uruhare mu bwicanyi bwatumye hapfa abantu 830. Mu minsi ishize hari ubwicanyi bwabaye hagati y’ingabo z’iki gi...
Abahanga mu bya gisirikare ba Israel bamaze iminsi bategura umugambi unoze wo kuzahitana abantu bose bakiri abarwanashyaka ba Hamas.Ni nyuma y’uko uyu mutwe wanze kurekura abaturage ba Israel watwaye ...
Abakuru b’ibihugu bigize SADC, binyuze mu nama bakoze mu buryo bw’ikoranabuhanga, biyemeje gukomeza gufasha Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu rugamba ihanganyemo na M23. Samia Suluhu Hassan, Perezi...
Abaturage ba Canada bageze mu zabukuru bishimira ko Leta yabo ibitaho, ikabaha ibyo bakeneye byose ndetse ku buryo hari n’abatirirwa bibaza aho amafaranga akora ibyo aturuka. Benshi muri bo, niba atar...
Perezida wa Misiri Abdel Fattah Al Sisi yatangaje ko igihugu cye gifite gahunda yo kuvugurura Gaza, kikayubakamo umujyi ufite agaciro ka Miliyari $53, bigakorwa bitabaye ngombwa ko abanya Gaza bimurir...








