Righathi Gachagua wigeze kuba Visi Perezida wa Kenya yasezeranyije abaturage ko nibahitamo neza bakamutora mu matora y’Umukuru w’igihugu yo mu mwaka wa 2027, azasubiza Kenya icyubahiro yahoranye kubwa...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo batangiye gukingira Ebola, bahera ku baturage bo mu Ntara ya Kasaï Abahereweho ni abakora mu rwego rw’ubuzima kuko ari bo bita ku banduye, OMS ikavuga ko bizako...
Elimelech Stern w’imyaka 22 akurikiranyweho n’urukiko rw’i Yeruzalemu rwitwa Jerusalem District Court kubera kuregwa kunekera Iran bikozwe n’umugore witwa Anna wamuhembaga amafaranga mu buryo bw’ikor...
Umunyamabanga wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Marco Rubio yageze i Yeruzalemu ajyanywe no kuganira na Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu ku ntambara muri Gaza no kumubaza icyamuteye kurasa kuri Qa...
Leta y’Ubuyapani yatangaje ko hari abaturage bayo 100,000 babaruwe ko bafite imyaka 100, ibintu bitigeze biba ahandi ku isi. Ababaruwe si abafite imyaka 100 yuzuye ahubwo barimo n’abayiren...
I Lubero muri Kivu ya Ruguru haravugwa urupfu rw’abantu 102 bivugwa ko bishwe na ADF. Inama y’Abapesikopi Gatulika yo muri iki gihugu ivuga ko abashinzwe umutekano n’inzego za Leta b...
Ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda bwatoye bushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka buri gihugu kikagira ubwigenge ...
Urukiko rukuru rwa gisirikare rwasubitse gusomera Joseph Kabila, igikorwa cyari bube kuri uyu wa Gatanu tariki 12, Nzeri, 2025 kigasubikwa kubera ko hari ibindi urukiko rwasanze bigomba kubanza kugibw...
Minisitiri w’Intebe wa Qatar Sheikh Mohammed bin Abdulrahman al-Thani arajya i Washington kubwira Perezida Trump impungenge yatewe n’igitero Israael iherutse kugaba ku butaka bwe ihakurikiye abayobozi...
Mu masaha ari imbere nibwo urukiko rwa gisirikare rwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ruri busomere Joseph Kabila nyuma yo kuburanisha urubanza Ubushinjacyaha bwa gisirikare bwamuregagamo ibyaha bir...









