Muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Epfo haravugwa imirwano hagati y’Umutwe w’Abarundi witwa RED Tabara uvuga ko urwanye Leta y’Uburundi n’abagize urubyiruko rwa Wazalendo bamaze igihe ba...
Ahitwa Matonge habereye irasana hagati ya bamwe mu bagize Umutwe urinda Abayobozi bakuru b’igihugu n’abapolisi umuntu umwe ahasiga ubuzima. Matonge iherereye ahaitwa Kalamu mu Murwa mukuru, Kinshasa. ...
Ibintu bigiye gufata indi ntera nyuma y’uko ibifaro by’ingabo za Israel bisubiye muri Gaza mu rwego rwo kuhatangiza intambara yeruye igamije guha isomo Hamas nyuma yo kwanga kurekura imfun...
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe Mahamoud Ali Youssouf yavuze ko guhura kwa Kagame na Tshisekedi bahuriye i Doha muri Qatar ari ibyo kwishimira. Abakuru b’ibihugu b...
Joseph Kabila wahoze uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko ntaho ahuriye na M23, ko abamuhuza nayo babeshya. Uyu mugabo umaze igihe uba muri Afurika y’Epfo yabitangaje mu kiganiro yahaye ...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Angola ivuga ko iri gukora uko ishoboye ngo abahagarariye M23 bazemere kuganira n’ubutegetsi bwa Kinshasa nyuma y’uko ibiganiro byari bube kuri uyu wa Kabiri bipfub...
Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yatangaje ko igihugu cye cyatangije intambara kandi ikomeye kuri Hamas nyuma yo kuyingingira kurekura abantu bayo yanyaze ikabyanga. Yaraye abwiye abatura...
Umutwe AFC/ M23 wanzuye kutitabira ibiganiro byo muri Angola byari buwuhuze na Guverinoma ya DRC. Uyu mutwe wasohoye itangazo ugaragaza ko uhagaritse kwitabira ibiganiro byari kuyihuza n’intumwa za Le...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka yasabye urubyiruko kwitabira kujya mu gisirikare ku bwinshi kugira ngo rukome imbere M23. Yavuze ko Leta yazamuye umusha...
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangije ibitero by’indege ku birindiro by’abarwanyi b’aba Houthis bakorera muri Yemen basanzwe bafashwe na Iran. Umwe mu bayobozi ba Amerika yabwiye The Reuters ko biriya...









