Imitima y’abayobozi bakuru mu Burundi irahagaze. Ibi ahanini biterwa n’ubwoba bushingiye ku makuru bavuga ko ashingiye ku makuru y’uko u Rwanda rushaka kubatera. Perezida Evariste Nd...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola witwa Téte António yatangaje ko Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we João Lourenço baganira uko bakomeza kugirana inama. Antoni...
Mu izina rya Guverinoma y’u Rwanda, Ambasade yarwo ikorera muri Koreya Y’Epfo yihanganishije imiryango n’inshuti z’abaturage b’iki gihugu baburiye ubuzima mu nkongi y’umuriro yahitanye aba...
Amakuru aturuka muri Israel aremeza ko ingabo z’iki gihugu zatangije ibitero byo ku butaka muri Syria. Ubwo zinjiragamo, zahuye n’amasasu aremereye yo ku ruhande rw’umwanzi, biba ngo...
João Lourenço uyobora Angola yatangaje ko atakiri umuhuza hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, avuga ko ubu agiye gushyira imbaraga mu nshingano yahawe zo kuyobora Afurika yun...
Perezidansi ya Amerika yemeye ko, mu buryo butari bwateguwe, hari umunyamakuru wohererejwe uburyo bita ‘link’ bwo kwinjira mu itsinda ryo ku rubuga bita ‘Signal’ rwarimo abayob...
Nyuma yo gufunga umwe mu batavuga rumwe na Leta ya Turikiya witwa Imamoglu, abamushyigikiye bigabije imihanda barabyamagana. Uyu munyapolitiki yari asanzwe ari umwe mu bantu bakomeye batavuga rumwe na...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner yavuze ko kuba M23 yatangaje ko igiye kuva i Walikale no mu nkengero z’aho ari ikintu cyiza ariko gikwi...
Nyuma y’igihe gito M23 ifashe Umujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryanzuye kwimura ingabo zaryo zari ziri mu Mujyi wa Walikal...
Ingabo za Sudani zirishimira ko zafashe inyubako yose isanzwe ari Ibiro by’Umukuru w’igihugu, zikirukana abagize umutwe wa Rapid Support Force bari bamaze igihe barabujije uwo ari we wese kuhegera. N’...









