Imvura yaguye mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatumye uruzi rwa Ndjili rwuzura, amazi arasembera ku buryo yabujije abo ku ruhande rumwe kwambuka bajya ku rundi. Abo yasanze hakury...
Massad Boulos, umujyanama wihariye wa Perezida Trump ku bireba Afurika aherutse i Kinshasa aganira na Perezida Tshisekedi bemeranya ko Amerika izarindira DRC umutekano nayo ikayiha amabuye y’agaciro. ...
Dr. William Samoei Ruto uyobora Kenya akayobora n’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba yaganirije abantu batanu baherutse gushyirwaho ngo bazabe abahuza mu bibazo biri hagati ya M23 na Repubulika ya ...
Minisitiri w’ingabo za Israel witwa Israel Katz avuga ko ingabo z’igihugu cye zigomba gufata mu buryo budasubirwaho ibice bya Gaza bigahinduka ibya Israel. Muri iki gihe, iki gihugu kiri mu cyiciro cy...
Mu rwego rwo kurema agatima abaturage, ubuyobozi bw’Intara ya Tshopo ari naho umujyi wa Kisangani uherereye bwateranyye bubasaba kudakurwa umutima n’amakuru y’uko M23 iri kubasatira. Bwabasabye ahubwo...
Agahinda ni kenshi hirya no hino mu gihugu cya Myanmar nyuma y’uko abantu barenga 2000 ari bo bamaze kuboneka bishwe n’umutingito wibasiye iki gihugu cyo mu Majyepfo ya Aziya guhera ku wa Gatan...
Abashinwa bakora mu Kigo GLC gikorera ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Kalemie barataka ko hari abasirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo babahotera bo ubwabo cyangwa bagahohotera bagenzi ba...
Imibare y’agateganyo iravuga ko umutingito wahabaye kuri uyu wa Kane kare kare umaze guhitana abantu 1600. BBC yemeza ko iyo mibare ishobora kuba ari iy’agateganyo. Umutingito wahitanye ab...
Imibare – nayo y’agateganyo- iravuga ko abantu 1002 ari bo bahitanywe n’umutingito wabaye muri Mynamar. Wibasiye cyane iki gihugu ariko ugera n’ahandi harimo mu Bushinwa, mu Bu...
Ikigo cya Amerika gishinzwe kureba iby’imitingito US Geological Survey gitangaza ko mu Majyepfo ya Aziya hadutse umutingito ufite ubukana bwa 7.7 usenya byinshi mu Buhinde, Bangladesh, Laos, Mya...









