Sosiyete Sivile muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ivuga ko hari abasirikare bakorera ahitwa Watalinga muri Teritwari ya Beni muri Kivu ya Ruguru bagurisha muri Uganda igihingwa cya cacao mu bury...
Urukiko muri Tanzania rwanzuye ko Umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta witwa Tundu Lissu ahamwa n’icyaha cyo kugambanira igihugu, icyaha gihanishwa urupfu. Ibi bivuzwe mu gihe mu gihugu cye hate...
Uwahoze uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Joseph Kabila yatangaje ko mu gihe gito kiri imbere azagaruka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Burasirazuba bwayo. Byateje benshi kwibaza iki...
Mu Murwa mukuru wa Qatar ari wo Doha hari bubere ibiganiro bihuza intumwa za M23 n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ariko byasubitswe kugeza ku itariki itatangajwe. Byari byateguwe mu ...
Ibyari ibyishimo no kwidagadura byahindutse imiborogo ubwo igisenge cya kamwe mu tubyiniro two mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Dominikani cyagwiraga abantu, abagera kuri 98 bagapfa abandi 150 bagakom...
Umwe mu bayobozi b’urubyiruko rwa Wazalendo yabwiye Minisitiri w’ingabo za DRC Alexandre Luba Ntambo ko we na bagenzi be barambiwe ingabo z’u Burundi kuko ngo zibitambika mu kazi. Uwo muntu agira ati:...
Abantu bane bo mu muryango umwe hamwe n’abapolisi babiri bo muri Polisi y’u Burundi ikorera i Bujumbura bafunzwe bakurikiranyweho kuganira ku ntambara iri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bagash...
Ahitwa Bugiri mu Burasirazuba bwa Uganda habereye impanuka yaguyemo abantu 12, abandi batandatu barakomereka nk’uko Polisi ikorera muri aka gace ibyemeza. Yabaye ubwo ikamyo yagonga bisi yari itwaye a...
Umuvugizi wa Hamas witwa Jihad Taha avuga ko imbaraga za gisirikare uyu mutwe ufite zikwiye gutera abayobozi ba Israel kudasinzira. Ni amagambo ashobora kongerera umujinya ingabo za Israel ziri mu nta...
Indonesia, Taiwan na Israel ni bimwe mu bihugu biri kuganira n’ubutegetsi bwa Donald Trump ngo harebwe uko bwagabanya urwego rw’imisoro bwabishyiriyeho. BBC ivuga ko ibihugu 50 ari byo bir...









