Umuhanga mu bubanyi n’amahanga akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda Dr Ismael Buchanan avuga ko kuba Perezida Tshisekedi yaraye afashe umwanzuro w’uko ishyaka rye ryitandukanyije n’iry’uwo yasimb...
Abategetsi b’i Mogadishu bavuga ko bafite amakuru y’uko ubutegetsi bw’i Nairobi butiza umurindi ibikorwa by’iterabwoba bya Al Shabab bihitana abantu benshi mu bice bya Somalia. Somalia ivuga ko ibyo K...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi binyuze muri Komisiyo yaryo ishinzwe gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge ryakuye urumogi ku rutonde rw’ibiyobyabwenge bikomeye. Itsinda ry’abah...
Nyuma y’ubwicanyi bwabaye mu mpera z’Icyumweru gishize bugahitana abahinzi Leta ivuga ko bageraga ku110, ubu Abakuru b’Imiryango y’ababuze ababo ndetse n’abandi batuye mu Majyaruguru ya Nigeria basaby...
Raporo yatangajwe n’Ikigo mpuzamahanga kivugira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch, itangaza ko muri 2019 hari Abarundi 18 bari impunzi mu nkambi za Tanzania barigishijwe. Abakoze iriya rapor...
Imibare itangwa n’abakozi b’Umuryango w’abibumbye muri Nigeria ivuga ko abantu 110 ari bo bamaze kubarurwa ko bishwe n’Umutwe w’Iterabwoba wa Boko Haram mu gitero waraye ugabye mu gace kitwa Garin Kwa...
Perezida wa Uganda,Yoweli Kaguta Museveni avuga ko ubutegetsi bwe butazihanganira na rimwe abo yise ‘inkozi z’ibibi’ zishyigikiwe n’ibihugu by’amahanga. Avuga ko bariya yise inkozi z’ibibi nta kindi b...
Ubutegetsi bw’i Teheran muri Iran bwarahiye ko buzihorera kuri Israel uko bizagenda kose nyuma yo kwemeza ko ariyo yishe umuhanga wayo mu by’intwaro za kirimbuzi witwa Mohsen Fakhrizadeh. Uyu mugabo y...







