Umuyobozi w’Ishami rishinzwe inkingo no kuziha abaturage muri OMS Dr Richard Mihigo avuga ko Afurika ikeneye byibura miliyari $9 zo kuyifasha guha abaturage bayo inking za COVID-19. Kugeza ubu hari in...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rufatanyije na Polisi y’u Rwanda n’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatatu bemennye ikinyobwa gisindisha ariko kiri mu bisindisha bikomeye kitwa Ethanol. Igikorwa cyo ku...
Mu buryo butunguranye, Perezida w’Afurika y’Epfo akaba ari nawe uyoboye Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Cyril Matamela Ramaphosa yatangaje ko Inama yari buhuze Abayobozi bakuru bawo n’ab’Umuryango w’...
Kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Ukuboza, 2020 mu Nteko ishinga amategeko ya DRC habereye ubushyamirane hagati y’Abadepite bo ku ruhande rwa Kabila n’abo ku rwa Tshisekedi. Bapfuye umushinga wo kuvana mu...
Ubushinjacyaha bwaraye busabiye Nicolas Sarkozy wigeze kuyobora u Bufaransa gufungwa imyaka ine. Ni mu rubanza aregwamo gukoresha ububasha yari afite nka Perezida agashyira umucamanza Gilbert Azibert ...
Amakuru ava ku mupaka wa Eritrea na Ethiopia avuga ko hari abasirikare benshi ba Eritrea bahorejwe ku mupaka wayo na Ethiopia. Hari ubwoba ko Eritrea ishobora kwinjira mu ntambara bikaba byatuma intam...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana TÊTē Antónió yashyikirije Perezida w’u Burundi Gen Evariste Ndayishimiye ubutumwa yahawe na Perezida wa Angola, João Manuel Gonçalves Lourenço. Minisit...
Perezida wa USA watowe Joe Biden yahisemo Gen Lloyd Austin kugira ngo azayobore ingabo za USA. Gen Austin niyemezwa na Sena azaba ari we Mwirabura wa mbere mu mateka ya USA uhawe ziriya nshingano. Au...
Hari abantu muri Ethiopia bavuga ko hari ubwoba mu baturage ko abarwanyi ba TPLF batatsinzwe burundu ahubwo bari gutegura ibitero shuma byo gutesha umutwe ingabo za Leta. Abenshi mu bafite impungenge ...
Ghana ni igihugu gifite byinshi kihariye muri Afurika. Uretse kuba ari cyo gihugu cyabaye icya mbere muri Afurika cyabonye ubwigenge kibuharaniye muri 1957, nicyo gihugu cya mbere gicukura kinagurisha...









