Bwana Claude Bochu ahagarariye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi i Bujumbura. Avuga ko kuva Perezida Evariste Ndayishimiye yajya ku butegetsi, umutekano wabaye mwiza kurusha mbere. Ku rundi ruhande avuga...
Yoweli Kaguta Museveni ku myaka 76 yongeye kwiyamamariza kuyobora Uganda kuri Manda ya gatandatu y’imyaka itandatu. Amaze imyaka 34 ayobora kiriya gihugu gituranyi cy’u Rwanda. Kuri iyi nshuro Museven...
Bamwe mu bakora muri Sosiyete Sivile muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo bavuga ko mu ijoro ryakeye hari ubwato bwarohamye burimo abantu benshi abagera kuri 30 barapfa. Ni abaturage bavaga mu Ugand...
Joseph Kabila ari kwisuganya, yegeranya ibitekezo byo kumufasha kurema irindi huriro rifite ingufu kurusha FCC kugira ngo akome mu nkokora inkubiri yatangijwe na Perezida Tshisekedi igamije kwitanduka...
Umuyobozi w’Umujyi wa Bambara witwa Abel Matchipata avuga ko hari abarwanyi bigaruriye umujyi asanzwe ayobora. Umujyi wa Bambari uri mu bilometero 380 uvuye mu Murwa mukuru Bangui. Ibitero bya bariya ...
Ibihugu by’u Bubiligi, u Buholandi n’u Budage byabujije indege zituruka mu Bwongereza kugwa ku bibuga byabyo kukomuri kiriya gihugu havugwa ubwoko bushya bwa COVID-19 kandi bwandura vuba. Amakuru y’ub...
Muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Kongo haravugwa inkuru ya Perezida wa Komisiyo yo kurwanya ruswa wiwa Ghislain Kikangala uherutse gutabwa muri yombi akurikiranyweho kwaka no kwakira ruswa ya 3...
Perezida w’ u Burundi Evariste Ndayishimiye yatashye inyubako zirimo n’Urusengero rushya rwa Kiliziya y’Aba Methodiste ( Eglise Méthodiste Libre) ruri i Bujumbura ahitwa Carama Gahahe. Yari aherekejwe...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga wa USA Mike Pompeo yatangaje ku mugaragaro ko USA izi neza kandi yemeza ko Abarusiya ari bo bayigabyeho igitero cy’ikoranabuhanga giheruka. Hari Umu...
Umwaka wa 2020 uri mu yindi myinshi abanyamateka bazandikaho kuko wabayemo byinshi ariko cyane cyane kwibasira abantu mu byerekeye ubuzima kubera icyorezo cya COVID-19. Urebye muri Afurika usanga hari...









