Mu gihe habura iminsi ibiri ngo muri Uganda habe amatora y’Umukuru w’Igihugu, Umwarimu wa Politiki mpuzamahanga muri Kaminuza y’u Rwanda, Dr Ismael Buchanan avuga ko kuba Bobi Wine ari gukoroga Museve...
Ni ikibazo buri wese yakwibaza aramutse yibutse ko COVID-19 yatangiriye mu Bushinwa mu mpera za 2019, Umunyamabanga wa World Health Organization Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus agashinjwa na USA ko yaba...
Komiseri mukuru wa Polisi ya Uganda Martin Okoth Ochola yaburiye abaturage ba Uganda ko uzahirahira agahungabanya umutekano ku munsi w’amatora ‘azicuza icyo Nyina yamubyariye.’ Amatora y’U...
Ni ubwa mbere mu mateka ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abaturage bigabye bagatera Ibiro by’Inteko ishinga amategeko, bakinjiramo bakayisakiza. Polisi iyirinda byarayirenze irazibukira. Igitangaje ni u...
Bwana Faustin-Archange Touadéra yongeye gutorerwa kuyobora Centrafrique ku majwi 54%. Atsinze amatora mu gihe igihugu cye kimaze iminsi mu bibazo bya Politiki, aho hari abarwanyi bifuzaga ko amatora ...
Kuri uyu wa Mbere mu masaha y’umugoroba nibwo ibihugu bigize Akanama gashinzwe amahoro ku isi biri bwakire Kenya nk’igihugu gihagarariye Afurika muri kariya kanama. Kenya yatsindiye uyu mwanya nyuma ...
Larry King arwaye COVID-19, amaze Icyumweru mu bitaro by’i Los Angeles, California, USA. Niwe munyamakuru wa CNN wamamaye kurusha abandi kugeza ubu. Larry King yamaze imyaka 25 akora ikiganiro yakiri...
Mu ijambo aherutse kugeza ku baturage, Perezida wa Repubulika y’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko ubutegetsi bwe buri gukora uko bishoboka kose kugira ngo abaturage bahabwe amahirwe angana mu ...
Perezida Felix Tshisekedi yahaye imbabazi abantu bose bahamijwe uruhare mu rupfu rwa Laurent- Desiré Kabila wayoboye Repubulika ya Demukarasi ya Kongo guhera muri 1997 kugeza muri 2001 ubwo yapfaga ar...
Iyo urebye Akarere Centrafrique iherereyemo usanga iramutse igize ibyago byo kutagira amahoro arambye, yaba intandaro y’imidugararo yagera mu karere kose iherereyemo ndetse bikajegeza n’Afurika yose. ...








