Dr Hasan Gokal wakoraga mu bitaro biri Houston muri Texas yatawe muri yombi na Polisi nyuma y’iperereza yari imaze iminsi imukoraho ry’uko yibye inkingo icyenda za COVID-19 agakingira abo mu muryango ...
Guverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko yashyiriyeho ibihano abahoze ari abayobozi bakuru mu butegestsi bwa Donald Trump waraye ahererekanyije ubushobozi na Joe Biden. Bisa n’aho ari ikintu ubutegetsi bw...
Mu masaha ya nyuma ya Saa sita kuri uyu wa Gatatu nibwo Donald Trump wari umaze imyaka ine ayobora Leta zunze ubumwe z’Amerika yazinze ibye ava mu ngoro y’Umukuru wa USA yitwa White House. Yahise aga...
Umuturage w’i Kampala yabwiye Taarifa ko hashize iminota mike Ikigo cy’igihugu gishinzwe itumanano Uganda Communications Commission(UCC) yongeye kurekura murandasi. Yatubwiye ko abantu bishimye ariko ...
Mu ijambo rito yagejeje ku baturage be bari baje mu Misa yabereye kuri Paruwasi ya Murayi kuri iki Cyumweru, Perezida Evariste Ndayishimiye yabwiye Abarundi ko bagomba gusenga Imana ikabafasha mu muha...
Polisi irinda Inyubako y’Inteko ishinga amategeko ya USA yitwa US Capitol Police yafashe umugabo ukomoka muri Leta ya Virgnia afite imbunda yuzuye amasasu n’impapuro z’impimbano z’uko yemerewe kujya ...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yashimiye mugenzi we wa Uganda Yoweli Museveni ko yongeye gutorerwa kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka. Yatsinze abandi 10 barimo na Bobi Wine waje ...
Bwana Simon Byabakama uyobora Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Uganda amaze gutangaza ko ibyavuye mu matora y’Umukuru y’igihugu yabaye ku wa Kane tariki 14 Mutarama, 2021 byer...
Abarwanyi bo mu Ihuriro bise La Coalition des Patriotes pour le Changement baravugwaho gutega igico abasirikare ba UN bari muri Centrafrique kugarura amahoro bakicamo umwe ukomoka mu Burundi. Nta gihe...
Amajwi amaze kubarurwa mu matora yo muri Uganda arerekana ko Umukandida wa NRM Yoweri Kaguta Museveni ari we uri imbere kuko afite amajyi 4,340,134 (61.98 %), agakurikirwa na Bobi Wine uhagarariye is...









