Hari ku itariki 15, Mutarama, 2021, ubwo Ibiro by’Umukuru w’u Burundi byasohoraga itangazo rivuga ko ababikoramo bose bagomba kuza mu kazi bambaye agapfukamunwa. Icyo gihe hari kuwa Gatanu. Nyuma y’im...
Iki ni icyemezo cyafatiwe mu nama y’Abakuru b’Ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga bigari iherutse kubera i Luanda muri Angola, u Rwanda rukaba rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vin...
Amatora aherutse guhuza abasirikare bakuru ba Uganda yo gutora abagize Inama Nkuru ya Gisirikare yatoye abasirikare bakuru bagomba guhagarira ingabo Mu Nteko. Muri bo harimo Gen Muhoozi, Gen Elwelu n&...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yategetse Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’itangazamakuru ko rugomba guhura n’abayobozi b’ibigo byaryo bakanoza imikoranire, ibyafungiwe ibi...
Abasirikare ba Cameroun bashyizwe ku mupaka wayo na Centrafrique biteguye kurasana n’abarwanyi bo muri Centrafrique igihe cyose bashaka kwambuka. Ni icyemezo cyafashwe na Minisiteri y’ingabo nyuma y’u...
Ingabo za Uganda zari zimaze iminsi 11 zikambitse ku rugo rwa Hon Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine Zategetswe gutangira kuhava. Umunyamategeko we witwa George Musisi yabwiye CNN dukesha i...
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burengerazuba bagejejweho inyandiko ibamenyesha ko hari Inama yabo iteganyijwe tariki 27, Gashyantare, 2021. Tariki 25, Gashyantare, 2021 hazaba habanj...
Umuryango ukorera muri USA witwa Open Doors wasohoye urutonde rw’ibihugu 50 ku isi aho bigoye ko umuntu aba Umukirisitu. Kenya iri mu bihugu by’Afurika, ikaba iya mbere muri EAC. Igihugu kiri ku mwany...
Repubukika ya Centrafrique iri mu gihe kidasanzwe kubera ko inyeshyamba zugarije Umurwa mukuru Bangui. Leta ifite impungenge ko ziriya nyeshyamba zishobora guhirika ubutegetsi. Inyeshyamba zirwanya Le...
Inkuru ibabaje ku rwego mpuzamahanga iravuga ko umunyamakuru w’icyamamare wakoreye CNN mu myaka 25 witwa Larry King yapfuye azize COVID-19. Larry King yari amaze igihe mu bitaro by’i Los Angeles, Cali...








