Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron avuga ko abasirikare be batazava mu gace ka Sahel vuba. Avuga ko icyabazanye kigihari kandi kigikomeye. Icyo ni uguca intege abarwanyi bari muri Sahel barwanya i...
Inzego z’ubuzima n’iz’umutekano mu Bushinwa zahuje imbaraga mu guhiga no gufata abantu bakora mu bigo by’ubushakashatsi bikora inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge bakazigurisha. Hari impun...
Mu masaha y’ijoro ryakeye abarwanyi b’Umutwe wiyise Bataka-Katanga bagabye igitero ku basirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Kongo bicamo bane n’abaturage 11 bo muri Lubumbashi. Aya makuru yemejwe ...
Nyuma y’iminsi mike virus ya Ebola yongeye kuvugwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, ikaba imaze kwica abantu batatu, iki cyorezo kiravugwa no muri Guinea. Si ubwa mbere kivuzwe muri kiriya gihu...
Itangazamakuru n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu muri Uganda bakomeje gushinja ubutegetsi bwa Perezida Museveni gushimuta abaturage bakaburirwa irengero, abandi bakazaboneka baranegekajwe ...
Abatuye Umurwa mukuru wa Tchad, N’djamena, bafite ubwoba ko muri kiriya gihugu hashobora kwaduka imidugararo itewe n’abadashaka ko Perezida Idriss Deby Itno yongera kwiyamamaza. Deby arashaka manda ya...
Guverinoma y’u Bushinwa yafashe umwanzuro wo gufunga radio mpuzamahanga y’Abongereza yitwa BBC. Ni igikorwa cyo kwihimura kuko u Bwongereza nabwo bari bumaze iminsi mike bufunze Ikigo cy’itangazamakur...
Nta gihe kinini gishize Perezida Tshisekedi ahawe inshingano zo kuyobora Umuryango w’Afurika yunze ubumwe. Ategerejwe n’akazi kenshi kandi gakomeye haba mu gihugu cye ndetse no muri Afurika muri rusan...
Bisa n’aho ibyo abantu bari biteze mu mibanire y’u Bushinwa na USA bizagenda ukundi nyuma y’uko Perezida mushya wa USA Joe Biden atangiye gushyira igitutu ku Bushinwa ngo bwubahirize uburenganzi...
Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo Bwana Vincent Karega yabwiye Taarifa ko yahuye n’Umujyanama wa Perezida Tshisekedi ushinzwe ibyerekeye ishoramari bavuga uko ibihugu byombi...









