Guverineri w’Intara ya Zamfara yari yashimuswemo abanyeshuri b’abakobwa hafi 300, Bello Matawalle, yemeje ko barekuwe nyuma yo kugirana amasezerano n’abari babafashe bugwate. Abo bakobwa bashimuswe ku...
Uwari usanzwe ari Visi Perezida wa Kabiri wa Zimbabwe Kembo Mohadi yeguye nyuma yo gushinjwa itonesha rishingiye ku gutsina. Yabikoze mu rwego rwo kwirinda gutesha agaciro Guverinoma ya Zimbabwe. Moha...
Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa hamwe n’abantu babiri be ba hafi bakatiwe igifungo cy’imyaka itatu – harimo imyaka ibiri isubitse – nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa. U...
Madamu Ngozi Okonjo-Iweala kuri uyu wa Mbere tariki 01, Werurwe, 2021 yakiriwe na bagenzi be bagiye gukorana mu Muryango ushinzwe ubucuruzi ku Isi, World Trade Organization. Ikicaro cy’uyu muryango ki...
Abana 300 b’abakobwa bo muri Nigeria bashimuswe na Boko Haram, ibavanye mu ishuri ahitwa Zamfra. Ishimutwa ryabo ryemejwe n’abayobozi bo muri kariya gace, nk’uko BBC yabitangaje. Hahise ho...
Mu gihe kitageze ku mezi atatu ageze ku butegetsi bwa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yategetse ingabo ze kugaba igitero cyaguyemo abarwanyi USA ivuga ko bashyigikiwe na Iran ariko basanz...
Abasore n’inkumi bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo baraye bandikiye ibaruwa ifunguye Perezida Felix Tshisekedi imusaba gukora uko ashoboye akarangiza intambara imaze imyaka ica ibintu mu Buras...
Minisitiri w’Umutekano akaba na Minisitiri w’Intebe Wungirije wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yirukanye ku kazi uwari umuyobozi wungirije w’ibiro bye, Bulakali Mululunganya Aristide, amuziza ama...
Uburwayi bukomeje guca igikuba mu bayobozi bakomeye muri Tanzania, ubu ugezweho ni Minisitiri w’Imari Philip Mpango, umaze iminsi arembye ku buryo byageze n’aho yongererwa umwuka. Iki gihugu kimaze ig...
Ingabo za Repubulika ya Centrafrique zigaruriye umujyi witwa Bossangoa, uyu ukaba ari wo mujyi François Bozizé akomokamo. Uyu mugabo niwe uvugwaho kuyobora abarwanyi bamaze iminsi bateza umutekano muk...









