MacKenzie Scott uheruka gutandukana n’umuherwe wa mbere ku isi Jeff Bezos, yahise ashaka undi mugabo, umwalimu wa siyansi mu mujyi wa Seattle. Scott w’imyaka 50 yatandukanye na Bezos mu mwaka wa 2019 ...
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwaciye Bosco Ntaganda impozamarira ya miliyoni $30 ku byaha by’intambara aheruka guhamywa ko yakoreye mu bice bya Ituri, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu mwa...
Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou yatsindiye igihembo cy’imiyoborere myiza cyitiriwe Mo Ibrahim, gifite agaciro ka miliyoni $5. Ni igihembo ahawe mbere yo kuva ku butegetsi mu kwezi gutaha. Issoufo...
Mu gitondo cya kare nibwo Papa Francis yuriye indege asubira i Roma nyuma y’uruzinduko rw’iminsi itatu yari amaze muri Iraq. Mbere y’uko ajyayo hari impungenge z’uko hari imitwe y’abagizi ba nab...
Perezida wa USA Joe Biden yahaye umugore witwa Laura J. Richardson ipeti rya Jenerali w’inyenyeri enye. Byahuriranye n’uko kuri uyu wa 08, Werurwe, buri mwaka isi izirikana akamaro abagore bafit...
Umusore wigaga muri Kaminuza yabaye umuntu wa gatanu waguye mu myigaragambyo imaze iminsi yamagana ifatwa rya Ousmane Sonko utavuga rumwe na Leta ya Senegal. Yaguye mu myigaragambyo yabaye kuri uyu wa...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis kuri iki Cyumweru yasomeye Misa mu majyaruguru ya Iraq, mu gice cyahozemo urusengero rukomeye ariko rwaje gusenywa n’ibisasu by’abarwanyi ba Is...
Leta ya Kenya yahagaritse itumizwa ry’ibigori mu bihugu bya Uganda na Kenya, ivuga ko igenzura ryakozwe ryerekanye ko bihumanye ku buryo bidakwiriye kuribwa. Mu ibaruwa yanditswe n’umuyobozi w’Ikigo G...
Inzego z’ubuhinzi n’ubworozi zo muri Kenya na Uganda ziratangaza ko hari inzige nyinshi ziri guturuka muri Kenya zigana muri Uganda. Umwe mu babyemeza ni Everest Magara, ushinzwe kuzikumira mu muryang...
Aho ni muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hafi y’Umujyi wa Bukavu ahitwa Luhihi. Abaturage bigabije uwo musozi bawucukuza amapiki n’ibitiyo kugira ngo bayore iryo buye...









