Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu muri Niger yitwa la Commission nationale des droits humains (CNDH) yasohoye raporo ishinja ingabo za Tchad ziri mu kiswe G5 gufata abagore ba Niger ku ngufu. Iriya K...
Mu nama y’Umushyikirano iri kubera mu Burundi( iwabo bayita Ikiyago) ubuyobozi bw’ingabo, Polisi n’ubwa Politiki bishimiye icyemezo Leta y’u Rwanda iherutse gufata cyo gufunga radio zakoreraga mu Rwan...
Perezida wa Brazil Jair Bolsonaro yugarijwe n’ikibazo cya Politiki gishobora gutuma na we yegura. Abagaba b’ingabo ze haba uw’izo mu kirere, ku butaka no mu mazi beguriye rimwe. Bivu...
Umutwe udasanzwe w’ingabo muri Niger waburijemo umugambi wo guhirika ubutegetsi, mbere y’iminsi ibiri ngo Perezida mushya Mohamed Bazoum arahirire kuyobora icyo gihugu. Umuvugizi wa Guverinoma ya Nige...
Urugereko rw’Ubujurire mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rukorera mu Buholandi rwashimangiye ko Laurent Gbagbo wahoze ari Perezida wa Côte d’Ivoire ari umwere, rumuhanaguraho ibyaha yashinjwaga...
BwanaAbdel-Fattah El-Sisi yatanze umuburo k’umuntu wese uzagerageza kugabanya amazi ya Nili ko azaba ashaka gukora mu jishi ry’intare. Hari mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma yo kugira icyo avuga k...
Perezida Samia Suluhu Hassan yashyizeho Dr Phillip Mpango w’imyaka 63 nka visi perezida we, ndetse yemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko ya Tanzania. Umwanya wa Visi Perezida nta muntu wari uwurimo nyuma...
Umubyeyi Sarah Obama, Nyirakuru wa Bwana Barack Hussein Obama wigeze kuyobora USA, yapfuye nk’uko bitangazwa n’umukobwa we witwa Marsat Obama. Sarah Onyango Obama yavutse muri 1921.Yakomokaga mu...
Nyuma y’amezi asaga abiri Kamala Harris arahiriye kuba Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, we n’umugabo we Douglas Emhoff ntabwo barabasha kwimukira mu nzu y’akazi kubera ko ikirimo kuvugur...
Didier Ratsiraka wabaye Perezida wa Madagascar yapfuye kuri iki Cyumweru tariki 28 Werurwe, ku myaka 84. Uyu mugabo yayoboye icyo kirwa kiri mu nyanja y’Abahinde imyaka 21. Yategetse inshuro ebyiri, m...









