Mu murwa mukuru wa Argentina witwa Buenos Aires niho Jorge Mario Bergoflio waje kuba Papa Francis yavukiye, hari Tariki 17, Ukuboza, 1936. Akiri muto yarwaye ibihaha bituma hagira igice cy’ibiha...
Ku myaka 88 nibwo Papa Francis yatabarutse azize uburwayi yari amaranye iminsi. Asize amateka ko ari we waharaniye uburenganzira bw’abantu babana bahuje ibitsina, akemera ko bashobora no kuba mu...
Ikigo gikurikirana amakuru y’ubutasi kitwa SITE Intelligence Group cyatangaje ko hari abasirikare 70 ba Benin bishwe n’abarwanyi b’Ishami rya Al Qaeda ryitwa JNIM mu gitero bagabweho...
Mu gihe cy’umunsi umwe ageze muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Joseph Kabila yahuye n’amakuru y’uko Ishyaka rye Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie (PPRD) r...
Perezida Vladmir Putin yategetse ingabo ze guhagarika intambara kuri Pasika kugira ngo abanya Ukraine babone uko bizihiza uwo munsi mukuru uhuriweho n’abemera Kristo ku isi hose. Avuga ko imirwa...
Lawrence Kanyuka uvugira AFC/M23 mu rwego rwa politiki avuga ko kuba Joseph Kabila wigeze kuyobora DRC ari i Goma mu gace uyu mutwe uyoboye nta gitangaje kirimo kuko ari umuturage w’iki gihugu. Ndetse...
Nimureke tuganire ku nkomoko y’ubukire bwa kimwe mu bihugu by’Abarabu bikize kurusha ibindi bihugu hafi ya byose ku isi, icyo kikaba Arabie Saoudite. Iki gihugu kiri mu bihugu by’Abarabu bya mbere bik...
Abatavuga rumwe na Leta ya Nigeria bavuga ko bitumvikana ukuntu Umukuru w’igihugu amara hafi ukwezi ari mu Bufaransa nta makuru abaturage babifiteho na mba! Bola Tinubu yageze mu Bufaransa Tarik...
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda General Muhoozi Kainerugaba yasohoye itangazo rivana Major General James Birungi mu nshingano zo kuyobora iperereza rya gisirikare agasimburwa na Major General ...
Yoram Baguma w’imyaka 28 y’amavuko yemereye urukiko ko Tariki 11, Werurwe, 2025 yashatse guhutaza Perezida Museveni ubwo yari yagiye kuganira n’abatuye Kawempe ku byerekeye amatora. Icyo gihe hari ama...









