Papa Francis yashyizeho Mgr Paul Ssemwogerere ngo abe Arkiyepiskopi wa Kampala. Asimbuye nyakwigendera Mgr Cyprian Kizito Lwanga uherutse kwitaba Imana azize uburwayi. Mu muhango wo gushyingura Mgr Lw...
Nyuma yo guhanagurwaho ibyaha n’Urukiko mpunzamahanga mpanabyaha, Bwana Laurent Gbagbo wigeze kuyobora Côte d’Ivoire na Charles Blé-Goudé ategerejwe i Abidjan. Perezida Alassane Dlahamane Ouattara yat...
Perezida Samia Suluhu Hassan yatangaje ko ateganya gushyiraho itsinda rizatanga inama ku buryo bwo kurwanya COVID-19, guverinoma ikamenya uburyo bwo kwitwara aho gukomeza kugaragara nk’itita kuri iki ...
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yasinye itegeko rimwemerera kuba yakwiyamamariza izindi manda ebyiri ziri imbere, ku buryo yaguma ku butegetsi kugeza ku mwaka wa 2036. Impinduka muri iri tegeko n...
Perezida wa Israël Reuven Rivlin yahaye ububasha Benjamin Netanyahu bwo gushyiraho guverinoma nshya, igomba kuyobora icyo gihugu mu bihe biri imbere. Netanyahu yemejwe kuri uyu wa Kabiri tariki 6 Mata...
Nyuma yo kumva ibyo ubushinjacyaha burega Bwana Benyamin Netanyahu usanzwe ari Minisitiri w’Intebe wa Israel, uwahoze ayobora ikinyamakuru Walla cy’i Yeruzalemu yabwiye urukiko ko Netanyahu yabashyira...
Guverinoma ya Kenya yanenze bikomeye icyemezo cy’u Bwongereza buheruka gutangaza ko guhera ku wa 9 Mata, abagenzi baturutse cyangwa banyuze muri iki gihugu batemerewe kwinjira ku butaka bwabwo. Ni uru...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yagejejwe mu rukiko rw’Akarere rwa Yeruzalemu ku byaha bya ruswa, ubushinjacyaha bugaragaza ko yakoresheje ububasha bwe mu buryo binyuranyije n’amatege...
Ibihugu bya Misiri, Sudan na Ethiopia byahuriye mu biganiro ku nzego za minisiteri, bigamije gushakira umuti ibibazo bishamikiye ku rugomero rw’amashanyarazi rwa rutura rurimo kubakwa na Ethiopia ku r...
Nyiricyubahiro Musenyeri wa Arikidiyoseze ya Kampala Cyprian Kizito Lwanga w’imyaka 68 yitabye Imana nk’uko bitangazwa n’abari i Kampala. Yatangiye imirimo yo kuyobora Kiliziya Gatulika mu...









