Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Felix Tshisekedi yatangaje ko ingabo za Kenya zitegerejwe muri icyo gihugu mu minsi iri imbere, mu rwego rwo gutera ingabo mu bitugu urugamba ku mitwe y’i...
Willy Bakonga wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi Ushinzwe amashuri abanza, ayisumbuye n’imyuga muri guverinoma icyuye igihe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, RDC, yatawe muri y...
Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku Isi kamaganiye kure ikifuzo cya Perezida wa Somalia cy’uko yaba agumye ye ku butegetsi mu gihe hari ibibazo bya Politiki biri mu gihugu cye. Mu Cyu...
Abakuru b’ibihugu na za guverinoma bahurira mu Nama Mpuzamahanga y’Akarere k’Ibiyaga Bigari (ICGLR) bahuriye muri Angola, mu nama iganirirwamo ibijyanye na politiki n’umutekano muri ...
Leta ya Tchad yemeje ko Perezida Marshal Idriss Déby Itno yapfuye, nyuma y’ibikomere yagiriye mu mirwano irimo kuba muri icyo gihugu. Apfuye nyuma y’iminsi ibiri byemejwe ko yatorewe gukomeza ku...
Janet Magufuli, umupfakazi wa nyakwigendera Perezida John Pombe Joseph Magufuli, ari mu bitaro kubera gushengurwa n’urupfu rw’umugabo we. Umuhungu wabo niwe wabitangaje, avuga ko urupfu rwa Se r...
Nibwo bwa mbere guhera muri 2013 ubwo Boko Haram yatangiraga guteza umutekano muke, ivuzweho gukorana n’undi mutwe ngo bahirike ubutegetsi bw’i N’Djamena. Abarwanyi b’uyu mutwe baravugwaho gutan...
Inteko Ishinga amategeko y’u Bufaransa yatoye umushinga w’itegeko uteganya ko imyaka yemerera umuntu gukora imibonano mpuzabitsina ku bushake ari 15, bituma icyo gihugu gihuza imyaka n’ibihugu byinshi...
Abaturage bo muri komine Rusaka mu Ntara ya Mwaro mu Burundi hagati, bari mu bwoba nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa Gatanu abantu bitwaje intwaro bishe barashe abaturage barindwi, babasanze mu kabari. I...
U Bufaransa bwatangaje ko nyuma y’ibiganiro byabaye ku wa Gatanu, u Bushinwa bwashimangiye ko bwemeye gukurikiza amavugurura y’i Kigali mu masezerano ya Montréal, agena igabanywa ry’imyuka yangiza iki...









