Ingabo za Israel zimaze imyaka 25 zihiga umugabo witwa Mohammed Deif. Niwe uyobora ishami rya gisirikare rya Hamas. Mu bitero imaze iminsi igaba muri Gaza bigize ikiswe Operation Guardian of The Walls...
Ubwo umunyamakuru yabazaga Perezida Felix Tshisekedi niba atemera ko ibyo ingabo za Tchad zakoze ubwo zafataga ubutegetsi ari Coup d’état ya gisirikare, undi yamusubije ko ibyo zakoze ari ukurinda ubu...
Komisiyo yashyizweho na Perezida Samia Suluhu ngo ikore isesengura ku cyorezo cya COVID-19, kuri uyu wa Mbere yamugejejeho raporo ndetse imugaragariza bimwe mu bikwiye gushyirwamo imbaraga mu guhangan...
Kuva mu minsi mike ishize, ibisasu birimo gucicikana mu kirere cya Israel na Palestine, ariko ku ruhande rwa Israel, bike cyane nibyo bishobora kugera ku butaka. Ibyo ni ukubera imbaraga za gisirikare...
Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi yafashe abantu 80 barimo kurenga ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19, barimo abagore n’abakobwa 50 bafatiwe mu cyumba cy’uruganiriro bari mu birori byo gutegura umugen...
Ubwo Abayahudi bari bateraniye mu isinagogi iherereye ahitwa Givat Zeev hafi y’i Yeruzalemu barimo gusenga inzu yabagwiriye, ubu hakaba hamaze kubarurwa babiri bapfuye abandi 160 barakomereka. Ni agah...
Urukiko rw’i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwakatiye urwo gupfa abantu 30, nyuma yo guhamwa n’uruhare mu kaduruvayo kahanganishije polisi n’ibice bimwe by’Abayisilamu bigometse...
Itsinda ry’abapolisi 140 b’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu boherejwe mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique, bagiye gusimbura bagenzi babo 140 bamaze igihe gisag...
Kuva ku wa Gatatu tariki 12, Gicurasi imbunda zirasa ibisasu biremeye z’ingabo za Israel zitwa Howitzer zatangiye kurasa ziyungikanya ku birindiro by’abarwanyi ba Hamas. Ubwo kandi ni ko n’indege z’in...
Ibintu bikomeje kutagendekera neza ba Minisitiri w’Intebe muri Côte d’Ivoire, aho Patrick Achi uri kuri uyu mwanya ubu arembeye mu Bufaransa guhera ku wa Mbere w’iki cyumweru. Achi ni Minisitiri w’Int...









