Aho ibintu bigeze, Israel iremera ko yibasiwe n’inkongi ikomeye k’uburyo byabaye ngombwa ko yitabaza amahanga ngo ayifashe kuyizimya. Ibyo ni Ubutaliyani, Ubugereki, Chypre na Croatia. Kuri uyu ...
Ingabo za SAMIDRC zacishije mu Rwanda ibikoresho bya gisirikare zari zifite i Goma. Nta handi byari guca kuko nta ndege yari bwemererwe kugwa ku kibuga cy’indege cya Goma gisanzwe cyarangijwe n’intamb...
Hashize iminsi itanu hasinywe amasezerano hagati ya Leta ya DRC na M23 ariko ubu biravugwa ko imirwano hagati y’abahanganye ku rugamba yubuye. Ubwo izo mpande zasinyaga ayo masezerano zari zahuj...
Muri gereza zo mu Burundi( gereza bayita Ibohero mu Kirundi) haravugwa iyicarubozo rikorerwa imfungwa n’abagororwa bakiri bashya. Udafite amafaranga yo kugura bougie ntahabwa ifunguro ndetse iyo...
Bwa mbere mu mateka ya Palestine, ubuyobozi bwayo bwashyizeho umwanya wa Visi Perezida, intambwe bamwe bavuga ko ari iyo gutegura uzasimbura Mahamoud Abbas. Umuvugizi w’Inama nkuru y’Ishyaka Palestine...
Gen Yaroslav Moskalik yapfiriye mu modoka ubwo yaturikiragamo igisasu, bikekwa ko cyatezwe n’abashyigikiye Ukraine mu ntambara irwana n’Uburusiya. Bibaye mu gihe kibi kuko intumwa ya Donal...
Buri ruhande hagati ya M23 na Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwasohoye itangazo bivugwa ko ryemeranyijweho rikubiyemo iby’ingenzi bigomba kubahirizwa kugira ngo inzira iganisha ku mah...
Abari bahagarariye M23 mu biganiro byateguraga ibindi bizaba mu mpera za Mata, 2025, baravugwaho kubivamo kubera impamvu z’uko hari ibyo batemeranyije kandi bikomeye. Bivugwa ko kuri uyu wa Kabiri tar...
I Vatican batangaje ko Papa Francis azashyingurwa kuri uyu wa Gatandatu. Baboneyeho no kwerekana amafoto y’umurambo we wambitswe ikanzu itukura, n’ingofero ya Papa na rozari mu kiganza cye...
Perezida wa Kenya William Ruto yageze i Beijing mu Bushinwa kuganira n’ubuyobozi bwabwo uko ibihugu byombi bakongera imikoranire mu bukungu n’ahandi. Urwo ruzinduko ruzamara iminsi itanu, abamuhereke...









