Perezida Yoweri Museveni yashyizeho Guverinoma nshya, ahereye kuri Jessica Alupo wagizwe Visi Perezida, asimbuye Edward Ssekandi wari usoje manda ebyiri. Ni nyuma y’uko aheruka kurahirira manda ya gat...
Perezida Yoweri Museveni yategetse ko abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bahabwa imbunda, nyuma y’uko Gen Katumba Wamala aheruka kuraswa n’abantu bagendaga kuri moto, umupolisi ntabashe kubah...
Urukiko rwisumbuye rwa Kinshasa rwagize abere abantu bose baregwaga kwica General Delphin Kahimbi, wahoze akuriye iperereza mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC. Uyu mugabo wari ukomey...
Senegal ishobora gutangira gukora inkingo za COVID-19 guhera mu mwaka utaha, binyuze mu masezerano n’ikigo Univercells cyo mu Bubiligi. Ni uburyo bwitezweho kongera inkingo zigenewe Abanyafurika. Kuge...
Kugeza ubu Polisi ishinzwe umutekano mu muhanda muri Pakistan iri mu iperereza ryo kumenya icyateye impanuka ya Gari ya Moshi ebyiri zagonganiye Islamabad mu murwa mukuru. Kugeza ubu Polisi n’ingabo ...
Izi mpungenge zigarutsweho na Bwana Nadav Argaman uyobora urwego rw’ubutasi bw’imbere muri Israel rwitwa Shin Bet nyuma yo gusuzuma uko ibintu bimeze muri iki gihe habura igihe gito ngo Benyamin Neta...
Hari bamwe mu baturage ba Nigeria bamaze iminsi mu mpaka kuri Twitter baganira ibyiza babona byava mu kuba izina ry’igihugu cyabo ryahinduka, Nigeria ikitwa United African Republic. Ibi byatijwe umuri...
Gen Katumba Wamala umwe mu basirikare bakuru ba Uganda yarikotse amasasu yarashwe n’abantu bane bari bamuteze igico bari kuri moto. Umunyamakuru ukora inkuru zicumbuye agakora no kuri NBS witwa Canary...
Raporo iherutse gusohoka ishinja Amerika kumviriza ibiganiro hagati y’abategetsi b’ibihugu bikomeye by’u Burayi birimo u Bufaransa n’u Budage ibifashijwemo na Denmark yateje umwuka mubi. Ibi bihugu b...
Muri Leta ya Niger, imwe mu zindi zigize Nigeria haraye hashimuswe abana bakiri bato bari mu kigo cy’amshuri aho bari bacumbikiwe. Abarwanyi baje barasa mu bashinzwe kurinda icyo kigo, abantu bakwirw...









