Hari umusirikare mukuru wahoze mu ngabo za Israel ubu akaba yaragiye mu kiruhuko cy’izabukuru witwa (Rtd) Brig.Gen. Amir Avivi uri kuburira Guverinoma nshya ya Israel kuba maso kuko Hamas ishobora gu...
Madamu wa Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo Denise Tshisekedi yanze guhisha amarangamutima ye, yerurira umugabo we ku mbuga nkoranyambaga ko amukunda kandi ko amwifuriza ibyiza byose bitu...
Umukambwe Kenneth David Kaunda wigeze kuyobora Zambia yajyanywe mu bitaro by’i Lusaka ikubagahu kubera indwara itatangajwe. Kaunda afite imyaka 97 y’amavuko, akaba afatwa nk’umwe mu bantu baharaniye k...
Perezida Yoweli Museveni yagize umuhungu we Lt. Gen Muhoozi Kainerugaba umugaba mukuru w’ingabo asimbuye Gen David Muhoozi yagize Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu . Gen Kainerugaba...
Abakire bakomeye muri Amerika barimo na Warren Buffet baravugwaho kunyereza imisoro n’amahoro mu bihe bitandukanye. Bitangazwa n’ikinyamakuru kitwa ProPublica kizwiho gucukumbura inkuru. Abazwi muri a...
Perezida Felix Tshisekedi yasubitse igikorwa cyo gucyura bimwe mu bice by’umubiri wa Patrice-Emery Lumumba, cyari giteganyijwe ku wa 21 Kamena 2021. Ni igikorwa cyari kuzabera i Bruxelles mu Bubiligi....
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe gutabara imbabare Bwana Mark Lowcock yatangaje ko mu Majyaruguru ya Ethiopia mu Ntara ya Tigray inzara ica ibintu. Abantu bagize imiryango 350 000...
Damien Tarel uherutse kwemera ko yakubise urushyi Emmanuel Macron yasabiwe n’ubushinjacyaha amezi 18 y’igifungo. Tarel aherutse kubwira urukiko ko atabitewe n’ubugome ariko ubushinja...
Ikigo gishinzwe kurengera ibidukikije muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ICCN, cyatangaje ko cyataye muri yombi umugabo witwa Jackson Muhukambuto, wayoboraga umutwe w’inyeshyamba ushinjwa kwica a...
Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi Bwana Ndikuriyo Révérien yasuye Tanzania agamije kuganira n’ubuyobozi bw’ishyaka riyobora Tanzania ryitwa Chama Cha Mapenduzi. Bahuriye ku ...









