Umutwe uhanganye n’ingabo za Leta ya Ethiopia wigaruriye umurwa mukuru w’agace ka Tigray, Mekelle, nyuma y’imirwano imaze iminsi ihanganishije ingabo za Leta n’izishamikiye kuri Tigray People...
Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga muri Afurika y’Epfo rwakatiye Jacob Zuma wigeze kuyobora Afurika y’epfo igifungo cy’amezi 15. Umucamanza mukuru wungirije warwo witwa Sisi Khampepe niwe waruk...
Mu gihe u Bushinwa bwitegura kwizihiza ikinyejana( imyaka 100) ishyaka riri ku butegetsi ritangiye kubuyobora, Perezida Xi Jinping yavuze ko kuva ririya shyaka ryashingwa, ryakoze ibyo andi mashyaka k...
Komiseri wa Polisi Christophe Bizimungu yageze i Bangui muri Repubulika ya Centrafrique, aho yatangiye inshingano zo kuyobora abapolisi bose bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, MINUSC...
U Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo byasinye amasezerano atatu ajyanye no guteza imbere ubucuruzi n’ishoramari, harimo amwe arebana n’ubufatanye mu kunoza ubucukuzi n’ubucuruzi bwa zahabu. R...
Ubuyobozi bw’agace ka Surfside muri Leta ya Florida muri Amerika bwatangaje ko abantu batanu bamaze gupfa naho 156 ntibaraboneka kuva ku wa Kane, ubwo inzu ya Champlain Towers yahanukaga mu gito...
Minisitiri w’Ubuzima w’u Bwongereza Matt Hancock yeguye kuri uyu wa Gatandatu azira kurenga ku mabwiriza yo guhana intera mu kwirinda COVID-19, agasomana n’umujyanama we. Mu ibaruwa yandikiye Minisiti...
Igisirikare cya Misiri kimaze iminsi mu biganiro n’abagaba b’ingabo za bimwe mu bihugu by’Afurika mu rwego rwo gushaka amaboko yo kuzahangana na Ethiopia umunsi intambara yarose. Bye...
Umukuru w’igihugu cya Nigeria Muhammadu Buhari yagiye kwivuriza mu Bwongereza bikaba biteganyijwe ko azagaruka mu gihugu cye mu matariki y’Icyumweru cya kabiri cya Nyakanga, 2021. Iby’uko Perezida Buh...
Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yagize umuhungu we Lt Gen Muhoozi Kainerugaba Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka. Yari asanzwe ari umuyobozi w’ingabo zidasanzwe, Special Forces Command. Mu mpindu...









