Leta ya Tanzania kuri uyu wa Gatandatu yakiriye inkingo 1,058,400 za COVID-19 zo mu bwoko bwa Johnson & Johnson, zizahabwa abaturage bangana n’uwo mubare kuko uru rukingo ruterwa umuntu inshuro im...
*Umubano W’Amerika Na Zimbabwe ‘Uracyarimo Kidobya’ Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa arashinja Leta zunze ubumwe z’Amerika gukorana n’abatavuga rumwe na Leta mu mugambi wo kumuhirika. Avuga ko ...
Polisi ya Tanzania yemeje ko yataye muri yombi umuyobozi w’ishyaka Chama cha Demokrasia na Maendeleo (Chadema) ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Freeman Mbowe, akekwaho ibyaha birimo ubugambanyi bugamije g...
Ubushinjacyaha bukuru bwa Madagascar bwemeza ko hari Abafaransa babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho gucura no gushyira mu bikorwa umugambio wo kwica Perezida wa kiriya gihugu ariko waburijweho. ...
Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yarokotse umugambi wo kumuhitana, ndetse abantu babiri mu bakekwaho uruhare muri icyo gikorwa batawe muri yombi. Umushinjacyaha yavuze ko bafashwe mu iperereza k...
Umukandida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Bwana Faustin Luanga yageze i Harare muri Zimbabwe gushaka amajwi ya kiriya gihugu kugira ngo azabe ari we uba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryan...
Kuva Joe Biden yatangira kuyobora Amerika kuri uyu wa Kabiri nibwo bwa mbere ingabo ze zirwanira mu kirere zarashe ku barwanyi ba Al Shaabab bashaka kwigarurira ubutegetsi bwo muri Somalia. Aba barwan...
Augustin Matata Ponyo wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo – ubu ni senateri – yatangaje ko abaganga bamusuzumye bagasanga yarozwe, nubwo nta makuru menshi y...
Guverinoma ya Israel yatangije iperereza ryigenga ku mubano udasanzwe bivugwa ko wamaze imyaka ibiri hagati ya Yossi Cohen wahoze ayobora Mossad n’umugore utari uwe wakoraga mu ndege. Abashinzwe ipere...
Perezida wa Turikiya Tayyip Erdogan yabwiye abanyamakuru ko Abatalibani bagombye guhagarika intambara bari kugaba ku butegetsi bw’i Kabul kuko Turikiya izabivuna nibaramuka begereye ikibuga cy’indege ...









