Ku munsi wa mbere w’amatora ya Papa uzasimbura Francis nta mu cardinal waraye wemejwe, bityo umwotsi wera werekana ko hari uwatowe ntiwazamurwa. Aho kuzamura uwera hazamutse uwirabura bityo isi ibona ...
Abarwanyi ba M23 bafashe Luhwinja muri Kivu y’Amajyepfo ahantu hakize cyane kuri zahabu. Bivugwa ko abo barwanyi bahafashe batarwanye. Abahatuye babwiye Radio Okapi ko aha ari ahantu ha mbere ba...
Aba cardinals 133 bose bamaze kugera muri Chapelle Sistine iri i Roma ngo batore Papa usimbura Francis uherutse gupfa. Abatora bose bagomba kuba bafite imyaka itarenze 80. Mbere hari butore aba Cardin...
Abahanga mu binyabuzima cyane cyane abo mu bikururanda( reptiles) bavuga ko inzoka yo mu bwoko bw’incira( biva ku nshinga: gucira) bita cobra ari yo ya mbere ndende kurusha izindi( ireshya na me...
Guhera mu ntangiriro za Mata, 2025 muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bakiriye impunzi 10,000 zaturutse muri Sudani y’Epfo zinjirira ahitwa Aru. Abakora muri Komisiyo ya DRC ishinzwe kwita ku mpun...
Abashinwa nibo ba mbere ku isi banywa byeri nyinshi kuko imibare yo mu mwaka wa 2023 yerekana ko bihariye 20.1% by’izanyowe ku isi hose muri uwo mwaka Abanyamerika nibo ba kabiri kuko bafite 11....
Tariki 07, Gicurasi, 2025 nibwo muri Chapelle Sistine hazabera amatora ya Papa uzasimbura Francis uherutse kwitaba Imana. Ni ubwa mbere hazatora aba Cardinals 133 kuko bari basanzwe batora ari abantu ...
Ku batari bumva Rubio uwo ari we, twabamenyesha ko yitwa Marco Rubio akaba yari amaze igihe gito ari Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga naho uwo yasimbuye yitwa Mike Waltz y...
Mu kiganiro yahaye France 24, Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda gushaka kumutera, akavuga ko ruzabikorwa rwitwaje ko abateye ari Abarundi kandi ari rwo rubari inyuma...
Umwe mu bagize Inteko ishinga amategeko ya Kenya witwa Charles Were yarashwe n’abantu bari bari kuri moto baramwica bahita batoroka. Polisi ivuga ko abamwishe bari bamaze umwanya bamucunga aho yacaga ...








