Ikigo cya Uganda gishinzwe irangamuntu n’irangamimerere, The National Identification and Registration Authority, NIRA, cyatangaje ko guhera tariki 27, Gicurasi, 2025 buri muturage ufite imyaka y’ubuku...
Kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida wa Amerika Donald Trump yageze i Riyadh muri Arabie Saoudite mu ruzinduko rwa mbere akoreye mu Burasirazuba bwo Hagati. Intego ni ukwagura ubucuruzi. Ataragera no ku ...
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo iherutse kwemeza ko hatangizwa inyigo yo kumenya no gutangira gucukura petelori mu mariba 52 mashya. Inama y’Abaminisitiri yataranye tariki 02, Gicurasi...
Diomaye Faye uyobora Senegal yabwiye amahanga ko u Rwanda ari igihugu ibindi byo muri Afurika bikwiye kwigiraho mu guha ikoranabuhanga umwanya wa mbere mu bintu byose. Hari mu kiganiro yatangiye mu na...
Abantu bari bari mu Kiliziya basenga batunguwe ubwo umusirikare yinjiraga akabarasa akicamo batatu. Byabereye muri Kiliziya iri ahitwa Banana muri Kongo-Central. Ababibonye bavuga ko uwo musirikare ya...
Robert Kyagulanyi usanzwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yatangaje ko ateganya ‘kongera’ kwiyamamariza kuyobora Uganda. Ayo matora azaba mu mwaka wa 2026, akazahangana na Perezida Yoweli Museve...
Papa Leo XIV yasomye Misa ya mbere yabereye ahitwa Mary Salus Populi Romani aca no ku mva ya Papa Francis yasimbuye arahasengera. Misa yayisomeye kuri Bazilika yiswe Sainte Marie Majeure. Ubwo aheruka...
Guhera mu ntangiriro za 2024, hari impunzi nyinshi zahunze intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo zihungira mu Burundi mu Ntara ya Cibitoke, aho zashoboraga hose kurambika umu...
Umwotsi wera werekana ko Papa mushya yatowe wamaze kuzamurwa ahaberaga amatora yo gusimbura Francis uherutse gutabaruka. Uwatowe ni Umunyamerika ukomoka muri Chicago akaba yari asanzwe ayobora Abepisi...
I New Delhi mu Murwa mukuru w’Ubuhinde no muri Islamabad mu murwa mukuru wa Pakistan haraganirwa intambara ikomeye ishobora kurota hagati y’ibihugu byombi niba nta rutangira ibayeho. Minisitiri w’Inte...








