Itangazamakuru ryigenga mu Burundi rirataka ko rimaze hafi ibyumweru bibiri ryarahejwe mu biganiro bibera mu Nteko ishinga amategeko. Abashinzwe uburenganzira bwaryo bavuga ko ibiri gukorwa mu buyoboz...
Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social-urubuga nkoranyambaga yashinze- ko niba Abatalibani badasubije Leta zunze ubumwe z’Amerika ikibuga cy’indege cya Bagram, bazahura n’akaga. Iki ki...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 16, Nzeri, 2025 i Bujumbura havuzwe amakuru y’Umunyarwanda tutaramenya umwirondoro we, ufunganywe n’umwe muba YouTubers bakomeye i Burundi witwa Dieudonné Niyukuri. SOS Média...
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatangaje ko iby’uko abanyamahanga bemerewe gukora ubucuruzi buto buto burimo amaduka, ubugeni, ubukorikori n’ibindi, batazongera kubyemererwa. N’ubusan...
Umuvugizi w’ingabo za Israel ushinzwe itumanaho mu Cyarabu witwa Col. Avichay Adraee yatangaje ku mugaragaro ko izi ngabo zatangije ibitero byeruye byo ku butaka mu bice byose bisigaye bya Gaza....
Kuri Truth Social, Perezida Donald Trump yatangaje ko yategetse ingabo ze kurasa ubundi bwato bwa Venezuela. Trump avuga ko ubwo bwato bwari butwaye ibiyobyabwenge, abitangaza nyuma y’uko mugenz...
Umuhuzabikorwa wa AFC/M23 Corneille Nangaa avuga hari abasirikare 7,400 bahunze igisirikare cya DRC bihuza n’umutwe ayoboye. Nangaa avuga ko hari abandi bashaka kugana igisirikare ayoboye bakaza...
Aho bumviye ko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Ntara ya Kasaï hadutse Ebola ndetse ikaba imaze kwica abantu 15, abaganga bo muri Uganda batangiye gufata ingamba zo kuyirwanya. Abasomyi bamen...
Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko igihugu cye cyemeranyije n’Ubushinwa ko TikTok ikomeza gukora muri Amerika. Ubwo yajyaga ku butegetsi mu ntangiriro za 2025, Trump yavuze ko TikTok ikwiye...
Sébastien Lecornu uherutse kugenwa ngo abe Minisitiri w’Intebe w’Ubufaransa arateganya impinduka zikomeye mu micungire y’umutungo wa Leta zirimo no gukuraho ibyo abahoze muri Guverinoma bagenerwaga. N...









