Mu ijambo umwami w’Ubwongereza Charles III akaba n’Umuyobozi mukuru wa Commonwealth yabwiye ubuyobozi bwa Canada ko aho ibintu bigeze, ari ngombwa gufatanya hirindwa ko iki gihugu cyakomekwa kuri Amer...
Abayobozi mu bubanyi n’amahanga ba Israel na Syria baherutse kwicarana baganira uko hakwirindwa ko umwiryane umaze igihe hagati y’impande zombi uramba. Abantu batanu bakurikiye uko byagenze, bav...
Constant Mutamba usanzwe ari Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko atazitaba urukiko rusesa imanza rwamutumije ngo rumubaze kubyo akekwaho byo kunyereza...
Bertrand Bisiimwa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yaburiye yasabye ingabo z’u Burundi ziri muri RDC gutaha iwabo bigishoboka kuko abo zaje kurwanya ari abantu barwanira uburenganzira bwabo. Uyu mun...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Tshisekedi avuga ko inzego zose zigomba guhaguruka zigafatanya mu gutuma inzego ziyobora Intara z’igihugu cye zikomeza kunga ubumwe. Aherutse kubwir...
Ibi biremezwa n’Umudepite wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Grâce Neema wabwiye uhagarariye UNHCR muri gihugu cye ko mu Ntara ya Bas -Uele hari kwinjira impunzi nyinshi ziva muri C...
Abanyamahanga biga muri Kaminuza ya mbere muri Amerika yitwa Harvard University bagejeje ikirego mu nkiko barega ubutegetsi bwa Donald Trump kubera icyemezo bwafashe cy’uko iyo Kaminuza ikwiye g...
Minisitiri w’Intebe wa Israel yaraye yanditse kuri X ko Ubwongereza budakwiye kwitiranya kwirwanaho nk’igihugu no gukorera abantu ibya mfura mbi. Minisitiri w’Intebe Sir Keir Starmer uyobora Ubwongere...
Ubutabera bwa gisirikare bwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwemerewe gutangira gukurikirana Joseph Kabila nyuma y’uko Inteko ishinga amategeko imwambuye ubudahangarwa yabwaga no kuba Senateri...
Kuri uyu wa Kabiri Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Vital Kamerthe yavuze ko Abadepite bagba gusesengura ingingo zose zikubiye mu masezerano y’amah...









