Umwuka mubi hagati ya Amerika na Iran watumye i Washington batangaza ko bagiye gucyura abakozi babo bakorera muri Ambasade ya Amarika muri Iraq mu rwego rwo kwirinda ingaruka zazabageraho bitewe n’iki...
Urupfu rw’umwarimu wa Kaminuza witwa Albert Ojwang wari usanzwe wandika kurii murandasi waguye muri kasho ya Polisi ntiruvugwaho rumwe rwateje indi midugararo mu baturage. Barashinja Polisi kumwica, y...
Emmanuel Macron yatangaje ko agiye gusuzumira hamwe n’abanyamategeko uko abana bafite munsi y’imyaka 15 y’amavuko batakwemererwa gukoresha imbuga nkoranyambaga. Iki gitekerezo gifitwe kandi n’Ubugerek...
Bavuga ko uguhiga ubutwari mutabarana. Ukuri k’uyu mugani kuri kugaragara muri iki gihe hagati y’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk(afite Miliyari $401) na Perezida Donald Trump uyobora Amerika, igiha...
Abaturage ba Leta ya California bamaze iminsi mu myigaragambyo ikomeye bashishikarijwe na Guverineri wabo witwa Gavin Newsom. Igamije kwamagana Politiki ya Washington yerekeye abimukira. Igitangira, a...
Félix Tshisekedi yatangaje ko umubare w’abarasana n’ababigwamo uteye impungenge kuko bibera mu Murwa mukuru, Kinshasa. Hejuru yo kurasana hiyongeraho no kwambura abantu utwabo kandi bikaba...
Miguel Uribe Turbay ufite imyaka 39 y’amavuko washakaga kwiyamamaza ngo ayobore Colombia, igihugu cyo muri Amerika yo Hagati, yarashwe amasasu atatu, abiri mu mutwe n’irindi mu ivi ariko n...
Ku nshuro ya kabiri nyuma yo kuva ku izima, Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Constant Mutamba, yongeye kwitaba ubutabera, abazwa iby’inyerezwa rya Miliyoni ...
Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia hagati mu mwaka wa 2015 na 2021 yipfuye afite imyaka 68. Umukobwa wa Lungu usanzwe ari Umudepite, Tasila Lungu Mwansa niwe wabitanhaje avuga ko Se yapfiriye mu bi...
Donald Trump yasinye inyandiko yemeza ko nta ndege zo mu bihugu 12 zemerewe kuza muri Amerika. Ibyo bihugu birimo Afghanistan, Haiti na Iran , Trump akemeza ko Amerika idakenye abo bantu. Ari: ”...









